Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Byemejwe Ko Kendrick Lamar Azataramira Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Byemejwe Ko Kendrick Lamar Azataramira Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 November 2023 1:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda rukomeje kwakira Abanyamerika b’ ibyamamare bikomeye mu nzego zitandukanye. Abanyamakuru bakomeye, abanyapolitiki, abanyamuzika…bakomeye bari mu bamaze iminsi basura u Rwanda.

Nyuma ya Boyz 2Men ubu Abanyarwanda bararikiwe kuzakira Umuraperi uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika uzakorera igitaramo muri BK Arena ku italiki 06, Ukuboza, 2023 witwa Kendrick Lamar.

Ni inkuru yari imaze iminsi ihwihwiswa mu itangazamakuru ry’imyidagaduro yo mu Rwanda ariko bitaremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose mu bazagira uruhare muri iki gitaramo kugeza ubwo BK Arena yabitangazaga kuri X.

Azaba yaje gutangiza ikiswe MoveAfrika.

Tell a friend to tell a friend to tell ANOTHER friend that, "We gon' be ALRIGHT!" 🔥

Mr. Morale, @kendricklamar, will be headlining this year's @GlblCtzn’s inaugural #MoveAfrika event at BK Arena on December 6th!#BKArenaIsYours#BKArenaNiIyawe pic.twitter.com/2vCbpnl5AR

— BK Arena (@bkarenarw) November 3, 2023

TAGGED:IgitaramoKendrick Lamar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abayobozi Barindwi Bazira Kurya Ibya Rubanda
Next Article U Rwanda Rwasubije Uburundi Uwabwibye Akayabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?