Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Byemejwe Ko Kendrick Lamar Azataramira Abanyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Byemejwe Ko Kendrick Lamar Azataramira Abanyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 November 2023 1:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

U Rwanda rukomeje kwakira Abanyamerika b’ ibyamamare bikomeye mu nzego zitandukanye. Abanyamakuru bakomeye, abanyapolitiki, abanyamuzika…bakomeye bari mu bamaze iminsi basura u Rwanda.

Nyuma ya Boyz 2Men ubu Abanyarwanda bararikiwe kuzakira Umuraperi uri mu bakomeye muri Leta zunze ubumwe z’Amerika uzakorera igitaramo muri BK Arena ku italiki 06, Ukuboza, 2023 witwa Kendrick Lamar.

Ni inkuru yari imaze iminsi ihwihwiswa mu itangazamakuru ry’imyidagaduro yo mu Rwanda ariko bitaremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose mu bazagira uruhare muri iki gitaramo kugeza ubwo BK Arena yabitangazaga kuri X.

Azaba yaje gutangiza ikiswe MoveAfrika.

Tell a friend to tell a friend to tell ANOTHER friend that, "We gon' be ALRIGHT!" 🔥

Mr. Morale, @kendricklamar, will be headlining this year's @GlblCtzn’s inaugural #MoveAfrika event at BK Arena on December 6th!#BKArenaIsYours#BKArenaNiIyawe pic.twitter.com/2vCbpnl5AR

— BK Arena (@bkarenarw) November 3, 2023

TAGGED:IgitaramoKendrick Lamar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Abayobozi Barindwi Bazira Kurya Ibya Rubanda
Next Article U Rwanda Rwasubije Uburundi Uwabwibye Akayabo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?