Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CANAL+ RWANDA Yagabanyije Ibiciro Muri Poromosiyo Isoza Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

CANAL+ RWANDA Yagabanyije Ibiciro Muri Poromosiyo Isoza Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2022 6:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo gufasha Abanyarwanda kurushaho kuryoherwa na serivisi zayo, sosiyete icuruza amashusho ya CANAL+ Rwanda  yagabanyije ibiciro ku bikoresho byayo muri Poromosiyo yo gusoza umwaka yiswe ‘Noheli Ishyushye.’

Iyi  poromosiyo yatangiye kuri uyu wa kane tariki ya 10 Ugushyingo 2022, aho ku bakiliya ba CANAL+ basanzwe ndetse n’abifuza gutunga ibikoresho bya CANAL+bwa mbere  bose boroherejwe.

Umunyarwanda wifuza gutunga dekoderi ya CANAL+ ubu arayigura Frw 5,000 gusa maze agakorerwe na ‘installation’ ku bindi Frw  5,000 gusa.

Bivuze ko ikiguzi cy’ibi byombi ari Frw 10,000.

Abasanzwe batunze Dekoderi za CANAL+ bo kugeza tariki 31 Ukuboza, 2022 bagenewe poromosiyo aho umukiliya uguze abonema( abonnément) iyo ariyo yose, ahita ahabwa iminsi 15 areba shene zose za CANAL+ ‘ako kanya.’

Abakunda Filimi nyarwanda ndetse n’izindi bashobora kuzireba kuri ZACU TV

CANAL+ yaboneyeho no kwibutsa Abanyarwanda ko imikino y’igikombe cy’Isi izaboneka kuri dekoderi ya CANAL+ aho bazakurikirana imikino ikomeye kuri RTV, shene ya 380 imaze  kugaragara mu mashusho akeye ya H.D ku Frw 5000 gusa!

TAGGED:Canal +IgikombeImikinoPoromosiyoRTV
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mushiki Wa Kabila Nawe Yinjiye Mu Byo Gushinja u Rwanda
Next Article Gakenke: Basanze Uruhinja Mu Ishyamba Baruhataye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Jules Karangwa Azayobora Rwanda Premier League

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?