Depite Rwigamba Yasezeweho Na Bagenzi Be

Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda.

Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi yari amaranye igihe. Yari Umudepite watanzwe n’Umuryango FPR- Inkotanyi.

Na Perezida w’Umutwe wa Sena y’u Rwanda Dr.  François Xavier Kalinda.

Fidel Rwigamba yari ahagarariye Umuryango wa FPR Inkotanyi mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda kuva muri 2013.

- Advertisement -

Rwigamba yatabarutse kuwa 15, Gashyantare 2023 aguye mu Bitaro by’umwami Faisal.

Yasezeweho na bagenzi be bose bagize Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version