Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abantu 200 Baburiwe Irengero Nyuma Yo Kurohama
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Baburiwe Irengero Nyuma Yo Kurohama

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 August 2024 2:35 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo habereye impanuka y’ubwato bwarimo abantu barenga 200 kandi hafi ya bose baburiwe irengero.

Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa Lukeni.

Radio-Okapi yanditse ku rubuga rwayo ko buriya bwato barimo abantu 200, bukaba bwerekezaga ahitwa Nioki bavuye Oshwhe.

Ikindi ni uko iriya mpanuka yabaye kuwa Mbere taliki 19, Kanama abatabazi bakora uko bashoboye ngo barokore abarohamye ariko benshi baranga barabura.

Kuva kuri uwo munsi kandi niko iperereza ryatangiraga kugira ngo bamenyekane mu by’ukuri impamvu yaba bateye ubwo bwato kurohama.

Icyakora bisanzwe bimenyerewe ko ubwato bwo mu nzuzi za Repubulika ya Demukarasi ya Congo bukunze gupakira cyane bigateza impanuka zikomeye.

Kugeza ubu amakuru yatanzwe n’umuyobozi wa Sosiyete sivile Fidèle Lizorongo Mpamunao muri teritwari ya Kutu yabwiye Radio OKAPI ko abantu 40 barohowe ari bazima batatu baboneka bapfuye.

Guverineri w’Intara ya Mai-Ndombe Kevani Lebon nawe yemeje ayo makuru.

Muri Kamena uyu mwaka kandi abantu 86 barimo abana 21 barapfuye nyuma y’uko ubwato burohamye mu mugezi wa Kwa mu Ntara ya Mai-Ndombe.

TAGGED:featuredGuverinomaImpanukaUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Federasiyo Z’Imikino Ziyemeje Gufasha Minisitiri Mushya Wa Siporo
Next Article Usta Kayitesi Yasigiye Uwicyeza Inshingano Z’Imiyoborere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?