Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Abanyamakuru Bari Barafunzwe N’igisirikare Barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abo banyamakuru ba Radio y’abaturage yitwa Radio Mangina ni umwanditsi mukuru wayo witwa Chukurani Maghetse, Yves Romaric Baraka n’abatekinisiye bayo babiri ari bo Sharo Mbonga na mugenzi we Glades Kiro.

Bivugwa ko barekuwe ku Cyumweru taliki 07, Mutarama, 2024 nyuma y’ubuvugizi bw’Umuryango utari uwa Leta witwa Journalistes En Danger (JED).

Bari bafunzwe n’igisirikare kibashinja gukorana n’Umudepite wo muri Kivu y’Amajyaruguru uvugwaho gukorana n’umwe mu mitwe y’inyeshyamba ushingiye kuri  Maï-Maï.

Igisikare cyavugaga ko iriya radio yashinzwe mu rwego rwo gucengeza amatwara ya Maï-Maï mu baturage.

Uko ari bane, abo banyamakuru b’iriya radio bari bafungiwe mu kigo cya gisirikare kiri mu gace k’ibikorwa bya gisirikare byiswe Sokola 1 aho babazwaga n’ishami rishinzwe iperereza rya gisirikare muri FARDC rikorera i  Beni.

Beni ni Umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru.

Hashize iminsi ine Radio Mangina idakora kandi kugeza ubu iracyagoswe n’ingabo nk’uko Radio Okapi ibyemeza.

Ifoto:Ibiro bya Komini Mangina@Radio Okapi

TAGGED:AbanyamakuruDRCIngaboRadio
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzego Z’Umutekano Tugomba Gusumbya Intambwe Abanyabyaha- ACP Rugwizangoga
Next Article Rutsiro: Imirenge 6 Ikora Ku Kivu Igiye Guhabwa Umuhanda ‘Woroshya’ Ubuhahirane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?