Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Haravugwa Umutwe Wa Gisirikare Washinzwe N’Uwahoze Uyobora Amatora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Haravugwa Umutwe Wa Gisirikare Washinzwe N’Uwahoze Uyobora Amatora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2023 6:02 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru ataremezwa n’uruhande rudafite aho rubogamiye avuga ko Corneille Nangaa wahoze uyobora Komisiyo y’amatora ya DRC yihuje na Bertrand Bisimwa wo muri M23 bakora ishyaka bise Alliance Fleuve Congo ( AFC ).

Ifoto yacishijwe kuri X irerekana Bisimwa ari kumwe na Nangaa bari imbere y’itangazamakuru aho bivugwa ko ari ho batangarije ubwo bufatanye.

Nangaa ari kumwe na Bisimwa i Nairobi batangaza ubwo bufatanye.

Aya makuru akigenzurwa atangajwe mu gihe DRC iri kwitegura amatora mu gihe gito kiri imbere.

Bivugwa ko Alliance Fleuve Congo ifite andi mashyaka 17 bihuje.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri ayo mashyaka harimo PARECO, Kyahanda, FPDC, Twirigwaneho, FRPI, Chini ya Kilima n’ayandi.

Nangaa amaze igihe gito ashyiriweho ibihano na Leta zunze z ‘Amerika kubera kunyereza umutungo wa Komisiyo y’amatora yayoboye igihe kirekire Joseph Kabila yamaze ategeka.
Ayo mafaranga ngo yakoreshejwe mu kwiba amajwi.

Ni amatora yabaye mu Ukuboza, 2018.

Nangaa ahakana ibyo ashinjwa na Amerika.

Amatora ya Perezida muri DRC azaba taliki 20, Ukuboza, 2023.

- Advertisement -

 

TAGGED:AmatoraDRCIshyakaKabilaNangaa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Unity Club Irasaba Abanyarwanda Bose Kwita Ku Mpinganzima
Next Article Telefoni 52,000 Za Airtel Muri Connect Rwanda Zimaze Guhabwa Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?