Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ubutegetsi Bwaciye Ibikorwa Byose By’Ishyaka Rya Kabila 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: Ubutegetsi Bwaciye Ibikorwa Byose By’Ishyaka Rya Kabila 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2025 6:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe cy’umunsi umwe ageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila yahuye n’amakuru y’uko Ishyaka rye Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD) ryafatiwe ibihano byo guhagarikwa ku butaka bwose bwa DRC.

Indi ngingo yamufatiwe ni uko n’ibyo atunze byose bihita bifatirwa ntashobore kugira icyo abikoraho.

Ni imitungo yimukanwa n’itimukanwa.

Ubutegetsi bwa DRC kandi buvuga ko hagiye gutangizwa uburyo bwo gukurikirana mu butabera yaba Kabila n’abo bafatanyije muri Politiki bagize ishyaka PPRD/FCC.

Abayobozi ba DRC bavuga ko kurega Kabila biri mu kumukurikiranaho gukorana n’abateye igihugu barimo AFC/M23.

Indi ngingo ivugwa ni uko abo mu Ishyaka rye bose bakomanyirijwe ngo batazajya bagirira ingendo mu gihugu aho bashatse hose.

Joseph Kabila yageze muri DRC kuri uyu wa Gatanu aturutse muri Afurika y’epfo Aho yari amaze igihe aba.

Yari aherutse kubwira Jeune Afrique ko azagaruka iwabo gutanga umusanzu we mu gushakira igihugu amahoro.

TAGGED:CongoDRCfeaturedibihanoKabila
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Iraye Ari Iya Mbere Muri Shampiyona Nyuma Yo Gutsinda Muhazi United 2-0
Next Article Benin: Ishami Rya Al Qaeda Ryishe Abasirikare 70
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?