Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ubutegetsi Bwaciye Ibikorwa Byose By’Ishyaka Rya Kabila 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: Ubutegetsi Bwaciye Ibikorwa Byose By’Ishyaka Rya Kabila 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2025 6:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe cy’umunsi umwe ageze muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Joseph Kabila yahuye n’amakuru y’uko Ishyaka rye Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie (PPRD) ryafatiwe ibihano byo guhagarikwa ku butaka bwose bwa DRC.

Indi ngingo yamufatiwe ni uko n’ibyo atunze byose bihita bifatirwa ntashobore kugira icyo abikoraho.

Ni imitungo yimukanwa n’itimukanwa.

Ubutegetsi bwa DRC kandi buvuga ko hagiye gutangizwa uburyo bwo gukurikirana mu butabera yaba Kabila n’abo bafatanyije muri Politiki bagize ishyaka PPRD/FCC.

Abayobozi ba DRC bavuga ko kurega Kabila biri mu kumukurikiranaho gukorana n’abateye igihugu barimo AFC/M23.

Indi ngingo ivugwa ni uko abo mu Ishyaka rye bose bakomanyirijwe ngo batazajya bagirira ingendo mu gihugu aho bashatse hose.

Joseph Kabila yageze muri DRC kuri uyu wa Gatanu aturutse muri Afurika y’epfo Aho yari amaze igihe aba.

Yari aherutse kubwira Jeune Afrique ko azagaruka iwabo gutanga umusanzu we mu gushakira igihugu amahoro.

TAGGED:CongoDRCfeaturedibihanoKabila
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rayon Iraye Ari Iya Mbere Muri Shampiyona Nyuma Yo Gutsinda Muhazi United 2-0
Next Article Benin: Ishami Rya Al Qaeda Ryishe Abasirikare 70
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Umutoza W’Amavubi Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?