Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yirukanye Abasirikare B’u Rwanda Babaga Muri EAC Force
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yirukanye Abasirikare B’u Rwanda Babaga Muri EAC Force

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2023 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha.

Itangazo ryasinywe n’umuvugizi w’ingabo za DRC Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain rivuga ko abasirikare b’u Rwanda birukanywe ari ababaga mu buyobozi bwa EAC Force ifite ibirindiro i Goma.

Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain

Amakuru dufite kandi avuga ko abo basirikare bamaze gutaha mu Rwanda.

#RDC🇨🇩 "Pour des raisons sécuritaires,la RDC a enjoint le Commandant de la Force Régionale des #EAC de rapatrier dans leur pays les officiers #rwandais membres du QG de la Force basés à #Goma.Ces derniers ont déjà quitté le sol congolais et regagné le 🇷🇼Rwanda" ( communiqué) pic.twitter.com/OWf2GwufSw

— Justin KABUMBA (@kabumba_justin) January 31, 2023

TAGGED:DRCfeaturedIngaboInyeshyambaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Koffi Ati: ‘ Ko Mushinja u Rwanda Kwiba 20% By’Umutungo Wacu, 80% Ijya He”
Next Article Huye: Babuzwa Kwenga Urwagwa Mu Bitoki Bitereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?