Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yirukanye Abasirikare B’u Rwanda Babaga Muri EAC Force
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yirukanye Abasirikare B’u Rwanda Babaga Muri EAC Force

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 January 2023 8:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Repubulika ya Demukarasi ya Congo yategetse ko abasirikare b’u Rwanda babaga mu buyobozi bw’umutwe w’ingabo z’Akarere zagiye yo gufatanya n’abandi kuhagurura amahoro, zitaha.

Itangazo ryasinywe n’umuvugizi w’ingabo za DRC Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain rivuga ko abasirikare b’u Rwanda birukanywe ari ababaga mu buyobozi bwa EAC Force ifite ibirindiro i Goma.

Major General Ekenge Bomusa Efomi Sylvain

Amakuru dufite kandi avuga ko abo basirikare bamaze gutaha mu Rwanda.

#RDC🇨🇩 "Pour des raisons sécuritaires,la RDC a enjoint le Commandant de la Force Régionale des #EAC de rapatrier dans leur pays les officiers #rwandais membres du QG de la Force basés à #Goma.Ces derniers ont déjà quitté le sol congolais et regagné le 🇷🇼Rwanda" ( communiqué) pic.twitter.com/OWf2GwufSw

— Justin KABUMBA (@kabumba_justin) January 31, 2023

TAGGED:DRCfeaturedIngaboInyeshyambaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Koffi Ati: ‘ Ko Mushinja u Rwanda Kwiba 20% By’Umutungo Wacu, 80% Ijya He”
Next Article Huye: Babuzwa Kwenga Urwagwa Mu Bitoki Bitereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?