Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Yagarutse Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2025 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa Kane rivuga ko indwara ikomeye yitwa Ebola yongeye kugaragara mu Ntara ya Kasaï.

Ebola ni indwara mbi kuko uwo yafashe akenshi imuhitana.

Bimwe mu biyiranga ni ukuva amaraso ahantu hafi ya hose hari umwenge kandi yandura vuba.

Ikinyamakuru Le Phare cyo muri DRC cyanditse ko hari abantu 15 bishwe n’iriya ndwara kuva yaduka muri iriya Ntara.

Mubo yishe harimo n’abaganga babiri, ikintu gishobora gukura umutima abashinzwe kwita ku bayanduye.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Roger Kamba niwe watangaje ko Ebola yagarutse mu gihugu, ikaba indwara yica 53,6 % by’abo yafashe muri kiriya gihugu kugeza ubu.

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo itangaza ko yashyizeho ingamba zo kurwanya ikwirakwira ry’iyi ndwara y’icyorezo.

Hagati aho ko Leta yatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko Ebola yandura n’uburyo bwo kuyirinda.

Iyi ndwara kandi ikomoka ku yiswe Zaïre ikaba itarabonerwa urukingo.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima rivuga ko hari inkingo 2 000 zonyine mu bubiko.

TAGGED:CongoEbolafeaturedIndwara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke
Next Article Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?