Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Yagarutse Muri DRC
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 September 2025 10:55 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazamakuru ryo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo guhera kuri uyu wa Kane rivuga ko indwara ikomeye yitwa Ebola yongeye kugaragara mu Ntara ya Kasaï.

Ebola ni indwara mbi kuko uwo yafashe akenshi imuhitana.

Bimwe mu biyiranga ni ukuva amaraso ahantu hafi ya hose hari umwenge kandi yandura vuba.

Ikinyamakuru Le Phare cyo muri DRC cyanditse ko hari abantu 15 bishwe n’iriya ndwara kuva yaduka muri iriya Ntara.

Mubo yishe harimo n’abaganga babiri, ikintu gishobora gukura umutima abashinzwe kwita ku bayanduye.

Minisitiri w’ubuzima Dr. Roger Kamba niwe watangaje ko Ebola yagarutse mu gihugu, ikaba indwara yica 53,6 % by’abo yafashe muri kiriya gihugu kugeza ubu.

Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo itangaza ko yashyizeho ingamba zo kurwanya ikwirakwira ry’iyi ndwara y’icyorezo.

Hagati aho ko Leta yatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko Ebola yandura n’uburyo bwo kuyirinda.

Iyi ndwara kandi ikomoka ku yiswe Zaïre ikaba itarabonerwa urukingo.

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima rivuga ko hari inkingo 2 000 zonyine mu bubiko.

TAGGED:CongoEbolafeaturedIndwara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke
Next Article Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?