Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Imana Ihe Abanyarwanda Gukira Neza Ibikomere- Perezida Wa Zambia Nyuma Yo Gusura Urwibutso
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Imana Ihe Abanyarwanda Gukira Neza Ibikomere- Perezida Wa Zambia Nyuma Yo Gusura Urwibutso

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2023 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Hikainde Hichilema yanditse mu gitabo cy’abashyitsi basura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi ko ibyo yabonye byashegeshe Abanyarwanda ariko ko Imana izabafasha bagakira ibyo bikomere kandi bagakora barangamiye iterambere.

Uyu muyobozi wa Zambia uri mu Rwanda yanditse ko ubwo yasuraga ruriya rwibutso, yabonye ibikomeye kandi bibabaje.

Avuga ko biteye agahinda haba ku Banyarwanda haba no ku bandi batuye isi.

Icyakora avuga ko Abanyarwanda batagomba guheranwa n’ibyabaye ahubwo bagomba gukomeza inzira y’iterambere bahisemo kandi ko Imana izabibafashamo.

Inyandiko ikubiyemo ubutumwa bwa Perezida Hikainde ubw yari amaze gusura Urwibutso rwa Jenoside

Biteganyijwe ko Perezida Hikainde Hichilema ari buhe ikiganiro itangazamakuru mu masaha make ari imbere, akaza kuba ari kumwe na mugenzi we Paul Kagame.

TAGGED:featuredHikaindeJenosideKagameRwandaUrwibutsoZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impamvu Abanyaburayi Bagihatswe N’Abanyamerika
Next Article Icy’Ingenzi Kuri Kagame Ni Ukubaka Uburyo Bwo Guhangana N’ Ingaruka Z’Intambara Ya Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Harabura Iki Ngo Interineti Igere Hose?-Abadepite Babaza Ingabire

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?