Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ese M23 Irahagarika Imirwano Nk’Uko Ibisabwa?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ese M23 Irahagarika Imirwano Nk’Uko Ibisabwa?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2023 9:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ikibazo benshi bibaza. Kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023 nibwo byitezwe ko M23 iri buhagarike imirwano nk’uko iherutse kubyemerera umuhuza Lorenco wari wabakiriye mu Biro by’Umukuru w’igihugu wa Angola biri i Luanda.

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres nawe yaraye asabye aba barwanyi gukurikiza ibyo biyemereye, bakava mu birindiro bari barashinze mu bice bafashe

Guterres avuga ko M23 ikwiye gushyira mu bikorwa ibyo yiyemeje, ikarekera ho imirwano kugira ngo ‘hashyirweho uburyo buboneye’ bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bwayabuze kuva kera.

Umuvugizi wa Guterres witwa Stéphane Dujarric avuga ko UN iri gukurikiranira hafi ibiri kubera muri kariya gace ka DRC kugira ngo ubufasha bwose bwakenerwa kugira ngo amahoro ahagaruke buzatangwe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho kandi, UN isaba imitwe yose iri mu ntambara kuyihagarika, urugomo rukorerwa abasivili narwo rugacika.

Uburasirazuba bwa DRC bwabaye isibaniro y’imitwe y’inyeshyamba yahashyize ibirindiro.

M23 ivuga ko irwanira uburengenzira bw’abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda bicwa, abandi bakaburabuzwa.

Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko atari M23 irwana ahubwo ari u Rwanda, ibintu u Rwanda rwamagana, rukavuga ko ibibazo DRC ifite ari ibyayo n’abayituye, ko itagomba kugira undi ibyegekaho.

TAGGED:CongoDRCfeaturedGuterresImirwanoM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibihugu Bikennye Nabyo Bishobora Gukira- Ngirente
Next Article Gisagara: Bibye Imirindankuba Ipima Ibilo 13
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?