Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ese M23 Irahagarika Imirwano Nk’Uko Ibisabwa?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ese M23 Irahagarika Imirwano Nk’Uko Ibisabwa?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 March 2023 9:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ikibazo benshi bibaza. Kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023 nibwo byitezwe ko M23 iri buhagarike imirwano nk’uko iherutse kubyemerera umuhuza Lorenco wari wabakiriye mu Biro by’Umukuru w’igihugu wa Angola biri i Luanda.

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres nawe yaraye asabye aba barwanyi gukurikiza ibyo biyemereye, bakava mu birindiro bari barashinze mu bice bafashe

Guterres avuga ko M23 ikwiye gushyira mu bikorwa ibyo yiyemeje, ikarekera ho imirwano kugira ngo ‘hashyirweho uburyo buboneye’ bwo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC bwayabuze kuva kera.

Umuvugizi wa Guterres witwa Stéphane Dujarric avuga ko UN iri gukurikiranira hafi ibiri kubera muri kariya gace ka DRC kugira ngo ubufasha bwose bwakenerwa kugira ngo amahoro ahagaruke buzatangwe.

Hagati aho kandi, UN isaba imitwe yose iri mu ntambara kuyihagarika, urugomo rukorerwa abasivili narwo rugacika.

Uburasirazuba bwa DRC bwabaye isibaniro y’imitwe y’inyeshyamba yahashyize ibirindiro.

M23 ivuga ko irwanira uburengenzira bw’abaturage ba DRC bavuga Ikinyarwanda bicwa, abandi bakaburabuzwa.

Ubutegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko atari M23 irwana ahubwo ari u Rwanda, ibintu u Rwanda rwamagana, rukavuga ko ibibazo DRC ifite ari ibyayo n’abayituye, ko itagomba kugira undi ibyegekaho.

TAGGED:CongoDRCfeaturedGuterresImirwanoM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibihugu Bikennye Nabyo Bishobora Gukira- Ngirente
Next Article Gisagara: Bibye Imirindankuba Ipima Ibilo 13
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Rayon Sports Yatandukanye Na Kapiteni Wayo Bamaranye Imyaka Ibiri N’Igice

I Goma Hageze Imiti Y’Ibibembe N’Igituntu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?