Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2024 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa, FAO, witwa Coumba Dieng Sow ashima imikoranire y’iri shami na Guverinoma y’u Rwanda mu rugamba rwo kwihaza mu biribwa.

Avuga ko yizeye ko mu mwaka wa 2024 ubu bufatanye buzakomeza kubyara umusaruro kugira ngo inzara nticike mu Rwanda gusa ahubwo n’ahandi ku isi.

Itangazo yashyize kuri X, avuga ko umuhati u Rwanda rwashyize mu guhaza mu biribwa abarutuye ari uwo gushimwa.

Ngo ni umuhati werekanye ko ruharanira ko imwe mu ntego z’iterambere rirambye irebana no kwihaza mu biribwa, rwayishyize ku mutima kandi rukora uko rushoboye ngo igerweho.

Coumba Sow avuga ko hari indi mishinga itarakorwaho ariko akizera ko nayo bidatinze izatangira gukorwa kandi ikazabyara umusaruro.

Avuga ko akazi ke ari ugukora uko ashoboye kugira ngo iby’uko inzara igomba kuba amateka mu bantu bizagerwaho.

Resuming work and wishing you a healthy and fruitful 2024! pic.twitter.com/r8yzFDuAWP

— Coumba D. Sow (@CoumbaDSow) January 18, 2024

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko Abanyarwanda bagera kuri 80% bihagije mu biribwa.

Ese Koko 80% By’Abanyarwanda Bihagije Mu Biribwa?

TAGGED:AbanyarwandaCoumbaFAOfeaturedIbiribwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Uwakekwagaho Ubujura Yarashwe
Next Article Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?