Connect with us

Mu Rwanda

Gen Kazura Yahererekanyije Ububasha Na Gen Muganga Umusimbuye

Published

on

Yisangize abandi

Nyuma y’uko  Perezida Kagame ashyizeho umugaba mushya w’ingabo ari Lt Gen Mubarakh Muganga, asimbuye Gen Jean Bosco Kazura, aba bagabo bahererekanyije ububasha.

Ni igikorwa cyabereye ku Biro bya Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda biri ku Kimihurura.

Mu mpinduka zakozwe mu gitondo, Perezida Kagame yagize Gen Juvénal Marizamunda Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda asimbuye Major Gen Albert Murasira.

Gen Juvénal Marizamunda Yagizwe Minisitiri W’Ingabo

Author

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version