Gen Muganga Hari Icyo Asaba Amavubi

Ubuyobozi bwa APR FC burifuriza intsinzi ikipe y’igihugu Amavubi igiye gukina umukino wo guhatanira itike yo gukina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika CAN na Cameroon uyu munsi saa tatu z’ijoro (21h00). Abenshi mu bagize Amavubi FC ni abakinnyi ba APR FC.

Umukino uri bubere muri Cameroon n’ubundi.

Yagize ati: “Ikipe y’igihigu cyacu tubafitiye icyizere nk’uko mwabitweretse mu mikino iheruka harimo n’umukino muheruka gukina na Mozambique aho mwitwaye neza mugashimisha Abanyarwanda twese.”

Ku rubuga rwa APR FC, Gen Muganga yabwiye abakinnyi b’Amavubi FC ko berekanye ko bashoboye kandi abibutsa ko Abanyarwanda bose bamuri inyuma.

- Advertisement -

Yabibukije ko guhesha ishema igihugu ari yo ntego ya buri Munyarwanda wese ni mukotane.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version