Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harabura Amasaha Macye Ngo Guverinoma Irahire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Harabura Amasaha Macye Ngo Guverinoma Irahire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2024 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe bazarahira kuri uyu wa Mbere. Aba bagabo n’abagore bagera kuri 21 baherutse gutangazwa mu itangazo ryasohotse mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira uyu wa Gatandatu.

Nibarahira bazaba biyemeje gukorana na Perezida Kagame mu myaka itanu iri imbere.

Kagame aherutse kubwira Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite hamwe na Minisitiri w’Intebe ko ibyo bakora byose bakwiye kuzirikana inyungu z’umuturage.

Yababwiye ko iyi manda igomba kuzaba iy’ibisubizo ako kuba cyane cyane iy’ibibazo.

Urutonde rw’Abaminisitiri bari muri iyi Guverinoma rwerekana ko hafi ya bose bagarutse urutse uwa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju wasimbuwe na Richard Nyirishema na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prof Jean Chrysostme Ngabitsinze wasimbuwe na Prudence Sebahizi ndetse na Christine Nkulikiyinka wasimbuye Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya wahoze ari uw’Abakozi ba Leta n’umurimo uri gukurikiranwa mu butabera.

Undi mushya wazanywe mu nshingano ni Dr. Doris Uwicyeza Picard wagizwe Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, RGB.

Dr. Doris Uwicyeza Picard
TAGGED:AbaminisitirifeaturedGuverinomaIndahiroKagameKurahira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kibeho: Uwabatijwe Atanze Frw 1000 Ayo Kugura Ubutaka Bw’Ingoro Ya Bikira Mariya Yaboneka
Next Article Umuceri Kagame Yavuze Ko Wapfiriye Abahinzi Ubusa Wabonye Abaguzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?