Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harabura Amasaha Macye Ngo Guverinoma Irahire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Harabura Amasaha Macye Ngo Guverinoma Irahire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2024 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abagize Guverinoma baherutse gushyirwaho na Minisitiri w’Intebe bazarahira kuri uyu wa Mbere. Aba bagabo n’abagore bagera kuri 21 baherutse gutangazwa mu itangazo ryasohotse mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira uyu wa Gatandatu.

Nibarahira bazaba biyemeje gukorana na Perezida Kagame mu myaka itanu iri imbere.

Kagame aherutse kubwira Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite hamwe na Minisitiri w’Intebe ko ibyo bakora byose bakwiye kuzirikana inyungu z’umuturage.

Yababwiye ko iyi manda igomba kuzaba iy’ibisubizo ako kuba cyane cyane iy’ibibazo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Urutonde rw’Abaminisitiri bari muri iyi Guverinoma rwerekana ko hafi ya bose bagarutse urutse uwa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju wasimbuwe na Richard Nyirishema na Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prof Jean Chrysostme Ngabitsinze wasimbuwe na Prudence Sebahizi ndetse na Christine Nkulikiyinka wasimbuye Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya wahoze ari uw’Abakozi ba Leta n’umurimo uri gukurikiranwa mu butabera.

Undi mushya wazanywe mu nshingano ni Dr. Doris Uwicyeza Picard wagizwe Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’imiyoborere, RGB.

Dr. Doris Uwicyeza Picard
TAGGED:AbaminisitirifeaturedGuverinomaIndahiroKagameKurahira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kibeho: Uwabatijwe Atanze Frw 1000 Ayo Kugura Ubutaka Bw’Ingoro Ya Bikira Mariya Yaboneka
Next Article Umuceri Kagame Yavuze Ko Wapfiriye Abahinzi Ubusa Wabonye Abaguzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Aratangira Inshingano Ze Ku Mugaragaro

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?