Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Woman holds U.S. dollar banknotes in this illustration taken May 30, 2022. REUTERS/Dado Ruvic/Illustration
SHARE

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ubukungu witwa Janet Yellen avuga ko Guverinoma y’Amerika iri kwigira hamwe uko mu myaka iri imbere hazatangizwa idolari ry’ikoranabuhanga.

Yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umunyamakuru wa CNN witwa Fareed Zakaria washakaga kumenya niba mu migambi y’Amerika mu by’ubukungu bugendeye ku ikoranabuhanga nta ngingo irimo y’uko iki gihugu kizakora amafaranga y’ikoranabuhanga mu rwego rwo kurushaho koroshya ibyo kwishyura serivisi.

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ubukungu Janet Yellen

Yellen yavuze ko inzego zitandukanye z’Amerika ziri gusuzuma umushinga kugira ngo hirindwe ko wazahubukirwa ariko akemeza ko idolari ry’ikoranabuhanga riri mu byo Amerika izaba ikoresha mu gihe kiri imbere.

US Treasury Secretary Janet Yellen shares her thoughts on creating a digital dollar https://t.co/J8cA1bGb1P pic.twitter.com/pQPhUYrrYT

— CNN (@CNN) April 15, 2023

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka
Next Article Burera: Abagore Babiri Bafatanywe Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?