Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Haratekerezwa Uko Hakorwa Idolari Ry’Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 April 2023 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Woman holds U.S. dollar banknotes in this illustration taken May 30, 2022. REUTERS/Dado Ruvic/Illustration
SHARE

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ubukungu witwa Janet Yellen avuga ko Guverinoma y’Amerika iri kwigira hamwe uko mu myaka iri imbere hazatangizwa idolari ry’ikoranabuhanga.

Yasubizaga ikibazo yari abajijwe n’umunyamakuru wa CNN witwa Fareed Zakaria washakaga kumenya niba mu migambi y’Amerika mu by’ubukungu bugendeye ku ikoranabuhanga nta ngingo irimo y’uko iki gihugu kizakora amafaranga y’ikoranabuhanga mu rwego rwo kurushaho koroshya ibyo kwishyura serivisi.

Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ubukungu Janet Yellen

Yellen yavuze ko inzego zitandukanye z’Amerika ziri gusuzuma umushinga kugira ngo hirindwe ko wazahubukirwa ariko akemeza ko idolari ry’ikoranabuhanga riri mu byo Amerika izaba ikoresha mu gihe kiri imbere.

US Treasury Secretary Janet Yellen shares her thoughts on creating a digital dollar https://t.co/J8cA1bGb1P pic.twitter.com/pQPhUYrrYT

— CNN (@CNN) April 15, 2023

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uwatanze Ubuhamya Bw’Uko Yarokotse Jenoside Yaranduriwe Imyaka
Next Article Burera: Abagore Babiri Bafatanywe Magendu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?