Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Ikirunga Gituriye U Rwanda ‘Kiri Kuruka’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hari Ikirunga Gituriye U Rwanda ‘Kiri Kuruka’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 7:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage baba mu mirenge ya Cyanzarwe na Mudende mu Karere ka Rubavu bavuga ko guhera saa kumi n’ebyiri z’umugoroba hari ikirunga kiri kuruka.

Bamwe bari babwiye RBA ko ari Nyiragongo ariko hari abandi babwiye Taarifa ko ari Nyamuragira.

Nyamuragira ni ikirunga kiri hafi cyane ya Nyiragongo.

Umwe mu baturage utuye mu murenge wa Kanzenze yabwiye Taarifa koko hari umwotsi mu kirere kandi ngo Nyamuragira yo yatangiye kuruka ariko ku gice cya Congo.

 

Uko bimeze kose ariko ngo abaturage bafite ubwoba.

Meya wa Rubavu Bwana Gilbert Habyarimana yavuze ko haramutse habaye ibintu bikomeye, hateguwe uburyo batabarwa.

Yabwiye RBA ko ibyiza ari uko abaturage batekana, ntibakuke umutima.

Ibimenyetso bibanziriza kuruka kw’ikirunga habamo umwotsi mwinshi ukurikirwa n’umutingito.

Hari igihe uwo mutingito ubanziriza cyangwa ukaba mu gihe iruka ry’ikirunga nyirizina riri kuba.

 

 

 

TAGGED:featuredHabyarimanaIkirungaNyamuragiraNyiragongo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaza Habyarimana Joseph Wiswe ‘Hakiyamungu’ Yaratiye Min Gatabazi Ibyo Bagezeho
Next Article Ikirunga Cyaraye Kiruka Ni Nyiragongo, Cyabihagaritse…
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?