Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Inkingo Za COVID-19 Zikorerwa Mu Bushinwa Zikemangwa Ubuziranenge
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hari Inkingo Za COVID-19 Zikorerwa Mu Bushinwa Zikemangwa Ubuziranenge

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2021 10:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha.  Hari impungenge ko izi nkingo zishobora kugera ku isoko mpuzamahanga.

Kugeza ubu u Bushinwa bumaze guha ibihugu bine inkingo za COVID-19 k’ubuntu mu rwego rwo kuzamura ubufatanye mu kurwanya COVID-19.

Ibyo bihugu ni Pakistan, Zimbabwe, Hungary na Equatorial  Guinea.

U Bushinwa buri gukora inkingo nyinshi kugira ngo bufashe amahanga kuzibona ariko ikibazo ubuyobozi bufite muri iki gihe ni uko hari abantu cyangwa ibigo by’ubushakashatsi biri gukora inkingo mu buryo  bukemangwa.

Leta y’u Bushinwa yatangiye uburyo bwo kureba uko yakoma mu nkokora abo bantu, hirindwa ko basiga igihugu isura mbi.

Kubera iyo mpamvu, ubushinjacyaha bukuru  bwasabye abandi bashinjacyaha mu gihugu gutangira gukora iperereza ngo barebe niba ibigo byose bikora inkingo za COVID-19 byujuje ibyangombwa birimo kwemererwa gukora no gukora ibyujuje ubuziranenge.

Kugeza ubu hari abantu 70 bafashwe bakurikiranyweho uruhare mu gukora inkingo za baringa.

Habaruwe inkingo 3000 zikozwe mu buryo butubahirije ubuziranenge kandi abantu 80 bamaze gutabwa muri yombi guhera mu Ntangiriro za Gashyantare, 2021.

Abakoze inkingo zitubahirije ubuziranenge beretse Polisi inyandiko z’inkorano zerekana ko babonye uruhushya rwo gukora ziriya nkingo.


Ikoranabuhanga rizakoreshwa mu kumenya ahari buri rukingo…

UBushinwa bwiyemeje gukora uko bushoboye bukamenya aho buri rukingo rukorerwa muri kiriya gihugu ruherereye n’aho rwoherejwe ku isi hose. Ikoranabuhanga rizakoreshwa baryise ‘Big Data.’

Abahanga b’Abashinwa bagiye gukoresha Big Data ngo bamenye aho buri rukingo rwa COVID-19 rukorerwa n’aho rugurishwa

Ivomo: Global Times

TAGGED:BushinwaCOVID-19featuredInkingoUbuziranenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubukangurambaga Bushya Bwa Airtel Yise ‘NkundaUrwanda’
Next Article Amafoto: Umuryango Wa APR FC Wasezeye Kuri Gen Musemakweli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?