Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 August 2021 9:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mizo ya mbere guterura ibyuma bitera ubwoba, bigaca intege.

Ku rundi ruhande ariko kubikora ni umwitozo mwiza.

Mu mezi atandatu umuntu ashobora kugira icyo ageraho, imikaya ye igakomera.

Ikibazo gikunda kubaho ni uko abantu batinya kuyibabara.

Hari umuhanga witwa Duffin uvuga ko ibyiza ari uko umuntu atangira adaterura ibiremereye cyane.

Avuga ko uko iminsi ihita, biba byiza agenda yongera ibilo kandi ntacike intege.

Kubwa Duffin n’ubwo umuntu aba agomba kurya cyane cyane ibyubaka umubiri(proteins) ariko ngo si byiza kurya buri kanya.

Ibishyimbo, amata, inyama, amagi, soya ni bimwe mu biribwa bitangwaho inama ku bantu bashaka kubaka umubiri wabo vuba.

Icy’ingenzi ngo ni uko umuntu atadohoka.

Niyo umuntu yabyuka mu gitondo agakora imyitozo ikomeza imikaya, ngo aba agomba kwirinda kutaruhuka, ahubwo akajyaruhuka bihagije.

Ikindi atangamo inama ni ukurya ibiryo birimo intungamubiri na Vitamini.

Duffin avuga ko abashaka guterura ibyuma bagomba kubikora ariko bakirinda gukabya

Muri rusange guterura ibyuma ni byiza ariko abahanga muri byo bazi neza ko ari umwitozo usaba kudacika intege ariko no kwita ku mirire kugira ngo imikaya ibone imbaraga zo kuzongera guterura n’ibindi.

Mu yandi magambo si umwitozo w’umuntu udafite ibyo kurya no kunywa bihagije kandi bifitiye umubiri akamaro.

Abaterura kandi bagomba kwirinda itabi bakirinda n’inzoga nyinshi

TAGGED:GuteruraIbyumaproteinsUmuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare
Next Article RURA Yihanangirije MTN Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasana Alfred Wari Ambasaderi Mu Buholandi Yagizwe Senateri

RIB Yafunze Uwasabaga Abantu Kujyana Amafaranga Mu Rusengero Ngo Bakubirwe

Ubusugire Bw’Igihugu Bushingiye No Kubo Mufatanya- Kagame

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Abanyarwanda Tugomba Kubaho Kuko Ni Impano Y’Imana- Kagame

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbuzima

Abasenateri Babajije Minisante Aho Igeze Ikemura Ubuke Bw’Abaganga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ikigo Nyafurika Cy’Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Mu Rwanda Ruranywa Itabi Ku Rugero Runini

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?