Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Ibanga Ryo Guterura Ibyuma Ukubaka Umubiri Vuba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 August 2021 9:05 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu mizo ya mbere guterura ibyuma bitera ubwoba, bigaca intege.

Ku rundi ruhande ariko kubikora ni umwitozo mwiza.

Mu mezi atandatu umuntu ashobora kugira icyo ageraho, imikaya ye igakomera.

Ikibazo gikunda kubaho ni uko abantu batinya kuyibabara.

Hari umuhanga witwa Duffin uvuga ko ibyiza ari uko umuntu atangira adaterura ibiremereye cyane.

Avuga ko uko iminsi ihita, biba byiza agenda yongera ibilo kandi ntacike intege.

Kubwa Duffin n’ubwo umuntu aba agomba kurya cyane cyane ibyubaka umubiri(proteins) ariko ngo si byiza kurya buri kanya.

Ibishyimbo, amata, inyama, amagi, soya ni bimwe mu biribwa bitangwaho inama ku bantu bashaka kubaka umubiri wabo vuba.

Icy’ingenzi ngo ni uko umuntu atadohoka.

Niyo umuntu yabyuka mu gitondo agakora imyitozo ikomeza imikaya, ngo aba agomba kwirinda kutaruhuka, ahubwo akajyaruhuka bihagije.

Ikindi atangamo inama ni ukurya ibiryo birimo intungamubiri na Vitamini.

Duffin avuga ko abashaka guterura ibyuma bagomba kubikora ariko bakirinda gukabya

Muri rusange guterura ibyuma ni byiza ariko abahanga muri byo bazi neza ko ari umwitozo usaba kudacika intege ariko no kwita ku mirire kugira ngo imikaya ibone imbaraga zo kuzongera guterura n’ibindi.

Mu yandi magambo si umwitozo w’umuntu udafite ibyo kurya no kunywa bihagije kandi bifitiye umubiri akamaro.

Abaterura kandi bagomba kwirinda itabi bakirinda n’inzoga nyinshi

TAGGED:GuteruraIbyumaproteinsUmuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za Uganda Zigiye Gushinga Umutwe W’Abasivili Witwara Gisirikare
Next Article RURA Yihanangirije MTN Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?