Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibice Bimwe By’u Rwanda Bigiye Kugira Ubushyuhe Buzagera Kuri 32°C
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibice Bimwe By’u Rwanda Bigiye Kugira Ubushyuhe Buzagera Kuri 32°C

Last updated: 12 June 2021 5:02 pm
Share
SHARE

Ikigo gishinzwe ubumenyi bw’ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20 kamena 2021 mu Rwanda hateganyijwe ubushyuhe busanzwe bwo mu gihe cy’impeshyi, aho ubwo hejuru buzagera kuri 32°C mu bice bimwe by’igihugu.

Iki kigo cyatangaje ko imvura nke iri hagati ya milimetero 0 na 15 ariyo iteganyijwe henshi mu gihugu, mu mpera z’iminsi icumi iri imbere.

Ikigero cy’imvura isanzwe igwa muri iki gihe kiri hagati ya milimetero 0 na 10 mu bice byinshi by’igihugu, ariko igera kuri milimeteo 15 mu majyaruguru y’iburengerazuba.

Iminsi imvura iteganyijwe kubonekamo izaba iri hagati y’umunsi umwe n’iminsi ibiri.

Meteo Rwanda yakomeje iti “Mu gice cya kabiri cya Kamena 2021 ubushyuhe bwinshi buteganyijwe buri hagati ya 28°C na 30°C mu bice byinshi bya Kigali, Amayaga mu kibaya cya Bugarama, mu karere ka Bugesera no mu bice byinshi by’uturere twa Nyagatare, Gatsibo, Kayonza, Ngoma na Rwamagana.”

“Ubushyuhe bugera kuri 32°C buteganyijwe mu bice bimwe by’Akarere ka Nyarugenge, Amayaga no mu kibaya cya Bugarama.”

Ubushyuhe buri hagati ya 22°C and 24°C nibwo buke buteganyijwe mu bice bimwe bya Gicumbi, Burera na Musanze mu ntara y’Amajyaruguru, mu turere twa Rubavu, Rutsiro na Ngororero mu ntara y’Iburengerazuba no muri Parike ya Nyungwe.

TAGGED:featuredIteganyagiheKigaliUbushyuhe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yasubitse Igikorwa Cyo Gucyura Ibice By’Umubiri Wa Patrice Lumumba
Next Article EURO 2020: Christian Eriksen Yituye Mu Kibuga, Umukino Wa Denmark Na Finland Urahagarikwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?