Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibikubiye Mu Masezerano Hagati Ya FERWACY N’Ishyirahamwe Ry’Umukino W’Igare Ku Isi…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ibikubiye Mu Masezerano Hagati Ya FERWACY N’Ishyirahamwe Ry’Umukino W’Igare Ku Isi…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 March 2023 6:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Paris mu Bufaransa haherutse gusinyirwa amasezerano hagati ya Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare n’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku isi.

Perezida wa FERWACY, Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko kimwe mu biyakubiyemo ari ukuzafasha u Rwanda kuzamura urwego rw’uyu mukino.

Ati: “ Ayua masezerano azafasha cyane Cycling yacu kuko u Bufaransa ari kimwe mu bihugu bikomeye mu mukino w’amagare  kandi ubunararibonye bwacyo  bwafasha u Rwanda kuzamura urwego.”

Muri yo harimo ingingo y’uko impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare ku isi izajja iha u Rwanda abahanga mu gutwara igare bakarufasha guhugura abatoza baryo ndetse n’abakanishi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Murenzi yabwiye Taarifa ko abahanga bo muri iriya mpuzamashyirahamwa bazajya baza mu Rwanda kurufasha kwitegura amasiganwa manini harimo na Tour du Rwanda, Rwanda Cycling Cup ndetse n’isiganwa ku rwego rw’isi rizaba mu mwaka wa 2025 rikazabera mu Rwanda.

Abakinnyi bo mu Rwanda bazajya bajya kwitoreza mu Bufaransa bitumen bahura n’abakina mu makipe y’aho akomeye.

TAGGED:AmagareBufaransafeaturedMurenziRwandaTour
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Zimbabwe Na Sri Lanka Byakomeje Guhagarikwa Muri FIFA
Next Article Ubukungu Bw’u Rwanda Burazamuka, Ibyo Umunyarwanda Arya Bikagabanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?