Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2021 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19.

Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye.

Ibitaro bya Ruhengeri kuri Twitter byatangaje ko uriya mubyeyi yabyaye umwana ufite ibilo 3.1 kandi ngo umwana na Nyina bamerewe neza.

Umwana wavutse ni umukobwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibitaro bya Ruhengeri kandi byatangaje ko ari ngombwa ko n’ababyeyi barwaye COVID-19 bahabwa ubufasha n’abaganga, bakitabwaho n’ubwo biba bisaba kwirinda kugira ngo batagira uwo banduza kiriya cyorezo.

Kuri Twitter Dr Corneille Ntihabose yashimye umuhati washyizweho n’abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bakabyaza  uriya mugore.

Dr Ntihabose ni umuyobozi w’ishami rishinzwe ubuvuzi n’ubuzima rusange muri Minisiteri y’ubuzima.

Akarere ka Musanze n’aka Butaro turi mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru tugaragaramo icyorezo COVID-19 kurusha utundi muri iriya Ntara.

Iki cyorezo kandi muri iki gihe cyanduwe n’abantu benshi k’uburyo hari ubwo baba bakabakaba ‘abantu 1000 ku munsi.’

- Advertisement -
TAGGED:featuredIbitaroMusanzeNtihaboseRuhengeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article NKURUNZIZA Cup: Shampiyona Nshya Mu Burundi
Next Article Uwanduye COVID-19 “Akanga” Kujya Mu Kato Yafatiwe Muri Resitora I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?