Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2021 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19.

Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye.

Ibitaro bya Ruhengeri kuri Twitter byatangaje ko uriya mubyeyi yabyaye umwana ufite ibilo 3.1 kandi ngo umwana na Nyina bamerewe neza.

Umwana wavutse ni umukobwa.

Ibitaro bya Ruhengeri kandi byatangaje ko ari ngombwa ko n’ababyeyi barwaye COVID-19 bahabwa ubufasha n’abaganga, bakitabwaho n’ubwo biba bisaba kwirinda kugira ngo batagira uwo banduza kiriya cyorezo.

Kuri Twitter Dr Corneille Ntihabose yashimye umuhati washyizweho n’abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bakabyaza  uriya mugore.

Dr Ntihabose ni umuyobozi w’ishami rishinzwe ubuvuzi n’ubuzima rusange muri Minisiteri y’ubuzima.

Akarere ka Musanze n’aka Butaro turi mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru tugaragaramo icyorezo COVID-19 kurusha utundi muri iriya Ntara.

Iki cyorezo kandi muri iki gihe cyanduwe n’abantu benshi k’uburyo hari ubwo baba bakabakaba ‘abantu 1000 ku munsi.’

TAGGED:featuredIbitaroMusanzeNtihaboseRuhengeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article NKURUNZIZA Cup: Shampiyona Nshya Mu Burundi
Next Article Uwanduye COVID-19 “Akanga” Kujya Mu Kato Yafatiwe Muri Resitora I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

You Might Also Like

Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?