Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2021 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19.

Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye.

Ibitaro bya Ruhengeri kuri Twitter byatangaje ko uriya mubyeyi yabyaye umwana ufite ibilo 3.1 kandi ngo umwana na Nyina bamerewe neza.

Umwana wavutse ni umukobwa.

Ibitaro bya Ruhengeri kandi byatangaje ko ari ngombwa ko n’ababyeyi barwaye COVID-19 bahabwa ubufasha n’abaganga, bakitabwaho n’ubwo biba bisaba kwirinda kugira ngo batagira uwo banduza kiriya cyorezo.

Kuri Twitter Dr Corneille Ntihabose yashimye umuhati washyizweho n’abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bakabyaza  uriya mugore.

Dr Ntihabose ni umuyobozi w’ishami rishinzwe ubuvuzi n’ubuzima rusange muri Minisiteri y’ubuzima.

Akarere ka Musanze n’aka Butaro turi mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru tugaragaramo icyorezo COVID-19 kurusha utundi muri iriya Ntara.

Iki cyorezo kandi muri iki gihe cyanduwe n’abantu benshi k’uburyo hari ubwo baba bakabakaba ‘abantu 1000 ku munsi.’

TAGGED:featuredIbitaroMusanzeNtihaboseRuhengeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article NKURUNZIZA Cup: Shampiyona Nshya Mu Burundi
Next Article Uwanduye COVID-19 “Akanga” Kujya Mu Kato Yafatiwe Muri Resitora I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?