Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Ibitaro Bya Ruhengeri Byabyaje Umubyeyi Urwaye COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 June 2021 3:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umubyeyi w’imyaka 20 y’amavuko yabyariye mu bitaro bya Ruhengeri abyara neza n’ubwo yari asanzwe yaranduye COVID-19.

Ni inkuru nziza ku muryango we, kuri we no ku baganga bamuvuye.

Ibitaro bya Ruhengeri kuri Twitter byatangaje ko uriya mubyeyi yabyaye umwana ufite ibilo 3.1 kandi ngo umwana na Nyina bamerewe neza.

Umwana wavutse ni umukobwa.

Ibitaro bya Ruhengeri kandi byatangaje ko ari ngombwa ko n’ababyeyi barwaye COVID-19 bahabwa ubufasha n’abaganga, bakitabwaho n’ubwo biba bisaba kwirinda kugira ngo batagira uwo banduza kiriya cyorezo.

Kuri Twitter Dr Corneille Ntihabose yashimye umuhati washyizweho n’abakozi b’ibitaro bya Ruhengeri bakabyaza  uriya mugore.

Dr Ntihabose ni umuyobozi w’ishami rishinzwe ubuvuzi n’ubuzima rusange muri Minisiteri y’ubuzima.

Akarere ka Musanze n’aka Butaro turi mu turere tw’Intara y’Amajyaruguru tugaragaramo icyorezo COVID-19 kurusha utundi muri iriya Ntara.

Iki cyorezo kandi muri iki gihe cyanduwe n’abantu benshi k’uburyo hari ubwo baba bakabakaba ‘abantu 1000 ku munsi.’

TAGGED:featuredIbitaroMusanzeNtihaboseRuhengeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article NKURUNZIZA Cup: Shampiyona Nshya Mu Burundi
Next Article Uwanduye COVID-19 “Akanga” Kujya Mu Kato Yafatiwe Muri Resitora I Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?