Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IGP Munyuza Yibukije Urubyiruko Akamaro Ko Gutangira Amakuru Ku Gihe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

IGP Munyuza Yibukije Urubyiruko Akamaro Ko Gutangira Amakuru Ku Gihe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2022 4:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yasozaga amahugurwa urubyiruko rw’abakorera bushake yari amaze iminsi abera  mu Ishuri rya Polisi y’u Rwanda riri mu Murenge wa Gishari, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yababwiye ko gutanga amakuru mu gihe nyacyo ari ingenzi mu gukumira ibyaha no gukurikirana ababikekwaho.

Si ugutangira amakuru ku gihe yabibukije gusa, ahubwo yabibukije ko nabo bagombye kwirinda ibyaha kuko nabo bashobora kubikora bikabagiraho ingaruka ndetse no ku gihugu muri rusange.

Urubyiruko rw’abakorera bushake ni abasore n’inkumi bafasha mu kwitabira gahunda za Leta no kureba niba zikurikizwa uko zakabaye ariko rutabangamiye inshingano za Polisi cyangwa ubugenzacyaha muri rusange.

Mu masaha yabanjirije ijambo rya IGP Munyuza, ruriya rubyiruko rwabanje kuganirizwa n’abandi bayobozi barimo na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Alice Kayitesi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari ari kumwe n’abayobozi b’Uturere tugize Intara ayobora.

Bamuteze amatwi

Babwiye ruriya rubyiruko ko hari ahantu bashobora gushora imari cyangwa kwigana n’abahakorera uko imirimo yahahangirwa.

Abasore n’inkumi baganirijwe no ku ruhare rwabo mu kurwanya ibyaha bikorerwa mu ikoranabuhanga n’itangazamakuru bakangurirwa gukoresha ubumenyi bafite mu kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga no kubyirinda kuko Umutekano w’ikoranabuhanga ukeneye imbaraga n’ubumenyi by’urubyiruko.

Mu Ugushyingo, 2021 Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza nabwo  yasoje ku mugaragaro amahugurwa y’iminsi itanu yahuzaga urubyiruko rw’abakorerabushake.

Yari yaratangiye tariki ya 29 Ukwakira, yafunguwe  na Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Marie Vianney Gatabazi.

- Advertisement -

Aya yo yabereye mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu Karere ka Musanze (NPC).

Asoza ku mugaragaro ayo mahugurwa umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza icyo yashimiye uru rubyiruko ku bikorwa rukora, abasaba gukomereza muri uwo mujyo wo gukorera Igihugu.

Yababwiye ko ari urubyiruko rw’abakorerabushake kandi bakorana imbaraga kandi babishimirwa.

Yibukije urubyiruko rw’abakorerabushake ko aribo igihugu gifite mu guhangana n’abakora bene ibyo byaha

TAGGED:AbakorerabushakefeaturedGishariMunyuzaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isuri Iri Mu Bishonjesha Abanyarwanda
Next Article Nyamagabe: Umusirikare Yabwiye Abitabiriye Umuganda Ko Umutekano Ucunzwe Neza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ese Elon Musk Yavanywe Mu Nkoramutima Za Trump?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?