Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2026 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kimwe mu birombe by'amabuye y'agaciro.
SHARE

Ikigo cy’Abongereza kitwa Rio Tinto cyatangaje ko kigiye kwihuza n’ikindi Glencore cy’Abasuwisi bagakora ikigo kinini kurusha ibindi ku isi gicukura amabuye y’agaciro. Rio Tinto izagura Glencore Miliyari $260.

Itangazo Rio Tinto yasohoye kuri uyu wa Gatandatu rivuga ko ibiganiro byo kugura Glencore byigeze kubaho ariko biza guhagarara, ariko ubu bigiye gusubukurwa.

Hari aho rigira riti: “Rio Tinto iri mu biganiro bifatika na Glencore bigamije ko izagura ibyayo byose, bikavangwa.”

Mu mpera za 2024 ibyo biganiro byari ho ariko Rio Tinto ibanza kubigendamo gake kuko yarebaga igasanga itabona neza ejo hazaza ha Glencore, bityo rero iba iretse.

Umuyobozi wa Rio Tinto witwa Simon Trott avuga ko gahunda ihari ari ukuzashyira imbaraga mu gucukura no gutunganya ubutare bita Iron Ore, Aluminium, Lithium na copper.

Simon Trott

Kuba mu Cyumweru gishize ikilo cy’ibuye ry’agaciro bita copper cyarageze ku $13,000 byatumye ibigo byombi bibona ko ari ngombwa gusubukura ibiganiro ku ngingo byari bimeze iminsi bizinzitse.

TAGGED:AmabuyefeaturedIkigoRio TintoUbusuwisiUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Ubukungu

Gatsibo: Bizeye Kuzabona Amazi Yiyongera Kuyo Basanganywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irashaka ‘Kugura’ Greenland

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

2025: Umwaka Ikawa Y’u Rwanda Yarwinjirije Amadolari Menshi Kurusha Indi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?