Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 January 2026 1:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Kimwe mu birombe by'amabuye y'agaciro.
SHARE

Ikigo cy’Abongereza kitwa Rio Tinto cyatangaje ko kigiye kwihuza n’ikindi Glencore cy’Abasuwisi bagakora ikigo kinini kurusha ibindi ku isi gicukura amabuye y’agaciro. Rio Tinto izagura Glencore Miliyari $260.

Itangazo Rio Tinto yasohoye kuri uyu wa Gatandatu rivuga ko ibiganiro byo kugura Glencore byigeze kubaho ariko biza guhagarara, ariko ubu bigiye gusubukurwa.

Hari aho rigira riti: “Rio Tinto iri mu biganiro bifatika na Glencore bigamije ko izagura ibyayo byose, bikavangwa.”

Mu mpera za 2024 ibyo biganiro byari ho ariko Rio Tinto ibanza kubigendamo gake kuko yarebaga igasanga itabona neza ejo hazaza ha Glencore, bityo rero iba iretse.

Umuyobozi wa Rio Tinto witwa Simon Trott avuga ko gahunda ihari ari ukuzashyira imbaraga mu gucukura no gutunganya ubutare bita Iron Ore, Aluminium, Lithium na copper.

Simon Trott

Kuba mu Cyumweru gishize ikilo cy’ibuye ry’agaciro bita copper cyarageze ku $13,000 byatumye ibigo byombi bibona ko ari ngombwa gusubukura ibiganiro ku ngingo byari bimeze iminsi bizinzitse.

TAGGED:AmabuyefeaturedIkigoRio TintoUbusuwisiUbwongereza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela
Next Article Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?