Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2023 12:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo.

Kubahuza byakozwe n’ikigo kitwa Coderina EdTech, ku munsi mpuzamahanga wahariwe umukobwa mu ikoranabuhanga bita International Girls in ICT.

Coderina EdTech ni ikigo gitanga ubumenyi mu by’ikoranabuhanga gikorera mu Rwanda, kikagira intego yo kuryigisha hagamijwe kubaka ubumenyi n’ubushobozi bw’abakobwa mu by’ikoranabuhanga.

Abibandwaho muri iyi gahunda ni abakobwa kugira ngo bemenye ubushobozi bafite mu ikoranabuhanga babubyaze umusaruro.

Abakobwa bashishikarizwa kwitabira ikoranabuhanga

Imwe mu ngingo zaranze iriya nama ni ukwibutsa abakobwa ko bifitemo n’ubushobozi bwo kuyobora kandi bigakorwa no mu ishoramari bakoze.

Umuyobozi wa Coderina Ed-Tech witwa Ange Gabriella Ndekezi avuga ko guha abakobwa ubumenyi mu ikoranabuhanga ari ingenzi kugira ngo biteze imbere kandi bigirire n’igihugu akamaro.

Umwe mu baharanira iterambere rya muntu akaba n’umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Sylvie Nsanga nawe yashishikarije abakobwa kwitabira ikoranabuhanga kuko rifasha mu iterambere rya muntu n’iry’igihugu muri rusange.

Umukobwa witwa Lina Dusa Ngabire yabwiye The New Times ko yishimira ko yahawe buriya bumenyi kandi ko ibyo yumviye muri iriya nama byamuteye akanyabugabo ko gukomeza gushakisha ubumenyi mu by’ikoranabuhanga.

TAGGED:AbakobwaIkorabuhangaIterambereUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bwa Kenya Bwemeje Ko Imitungo Ya Kabuga Ikomeza Gufatirwa
Next Article Ubwinshi Bw’Imodoka Z’i Kigali Buzamura Ubushyuhe Bw’Ikirere Cy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?