Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikoranabuhanga Mu Bakobwa Rikomeje Gutezwa Imbere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 April 2023 12:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo.

Kubahuza byakozwe n’ikigo kitwa Coderina EdTech, ku munsi mpuzamahanga wahariwe umukobwa mu ikoranabuhanga bita International Girls in ICT.

Coderina EdTech ni ikigo gitanga ubumenyi mu by’ikoranabuhanga gikorera mu Rwanda, kikagira intego yo kuryigisha hagamijwe kubaka ubumenyi n’ubushobozi bw’abakobwa mu by’ikoranabuhanga.

Abibandwaho muri iyi gahunda ni abakobwa kugira ngo bemenye ubushobozi bafite mu ikoranabuhanga babubyaze umusaruro.

Abakobwa bashishikarizwa kwitabira ikoranabuhanga

Imwe mu ngingo zaranze iriya nama ni ukwibutsa abakobwa ko bifitemo n’ubushobozi bwo kuyobora kandi bigakorwa no mu ishoramari bakoze.

Umuyobozi wa Coderina Ed-Tech witwa Ange Gabriella Ndekezi avuga ko guha abakobwa ubumenyi mu ikoranabuhanga ari ingenzi kugira ngo biteze imbere kandi bigirire n’igihugu akamaro.

Umwe mu baharanira iterambere rya muntu akaba n’umuhanga mu by’ikoranabuhanga witwa Sylvie Nsanga nawe yashishikarije abakobwa kwitabira ikoranabuhanga kuko rifasha mu iterambere rya muntu n’iry’igihugu muri rusange.

Umukobwa witwa Lina Dusa Ngabire yabwiye The New Times ko yishimira ko yahawe buriya bumenyi kandi ko ibyo yumviye muri iriya nama byamuteye akanyabugabo ko gukomeza gushakisha ubumenyi mu by’ikoranabuhanga.

TAGGED:AbakobwaIkorabuhangaIterambereUmukobwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bwa Kenya Bwemeje Ko Imitungo Ya Kabuga Ikomeza Gufatirwa
Next Article Ubwinshi Bw’Imodoka Z’i Kigali Buzamura Ubushyuhe Bw’Ikirere Cy’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?