Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yemeje ko Sitade mpuzamahanga ya Huye yujuje ibisabwa ngo yakire imikino mpuzamahanga. Iby’uko yemewe byagaragajwe ubwo hatangazwaga gahunda y’imikino y’umunsi...
Umufaransa Thomas Bonnet ukinira ikipe ya Total Energies niwe umaze kwegukana agace ka Musanze-Karongi kareshya na Kilometero 138,3. Agatwaye akurikira Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan wegukanye...
Umunya Eritrea witwa Henok Mulubrhan niwe wegukanye agace ka gatatu ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kajya i Musanze. Ni ko gace karekare kurusha utundi...
Ethan Vernon wari uherutse gutwara agace ka mbere kavaga i Kigali kagana i Rwamagana, niwe watwaye n’akavaga i Kigali kagana i Gisagara. Umunyarwanda witwa Eric Muhoza...
Umwongereza witwa Ethan Vernon ukinira ikipe yitwa Soudal-QuickStep ni we utsindiye agace ka mbere ka Tour de Rwanda kavaga i Kigali kagana i Rwamagana. Kari agace...