Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2025 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abaturage ba Sudani y''Epfo barangira muri DRC ku bwinshi( Ifoto@ Sudan Archives)
SHARE

Guhera mu ntangiriro za Mata, 2025 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakiriye impunzi 10,000 zaturutse muri Sudani y’Epfo zinjirira ahitwa Aru.

Abakora muri Komisiyo ya DRC ishinzwe kwita ku mpunzi yitwa Commission nationale des réfugiés (CNR) bavuga ko abahungira muri kiriya gice baza bahunze imirwano imaze iminsi muri Sudani y’Epfo.

Abenshi muri bo bacumbikiwe mu miryango y’inshuti n’abandi bagiraneza mu gihe Leta igishaka aho yaba ibatuje k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Umukozi w’Ikigo CNR witwa Karim Adidi yabwiye Radio Okapi ko aba mbere muri ziriya mpunzi bageze muri Aru tariki 02, Mata, 2025 kandi ngo bakomeje kwiyongera.

Sudani y’Epfo iherereye mu Majyaruguru ya DRC.

Avuga ko baza mu byiciro, abenshi bakaba bacumbitse mu bice bya Kole, Okaba na Olendere.

Robert Ndjalonga, akaba umwe mu bakozi bo mu Ntara abo bantu binjiriramo avuga ko bikwiye ko Leta ikora uko ishoboye ikagenzura kandi ikarobanura abingira mu gihugu kugira ngo hatagira abantu binjirana intwaro izo ari zo zose, ejo bakazateza abandi akaga.

Ibice binjiriramo bihereye mu Ntara ya Ituri.

TAGGED:CongoImpunziSudani y'Epfo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira
Next Article Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?