Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 May 2025 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abaturage ba Sudani y''Epfo barangira muri DRC ku bwinshi( Ifoto@ Sudan Archives)
SHARE

Guhera mu ntangiriro za Mata, 2025 muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bakiriye impunzi 10,000 zaturutse muri Sudani y’Epfo zinjirira ahitwa Aru.

Abakora muri Komisiyo ya DRC ishinzwe kwita ku mpunzi yitwa Commission nationale des réfugiés (CNR) bavuga ko abahungira muri kiriya gice baza bahunze imirwano imaze iminsi muri Sudani y’Epfo.

Abenshi muri bo bacumbikiwe mu miryango y’inshuti n’abandi bagiraneza mu gihe Leta igishaka aho yaba ibatuje k’ubufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, UNHCR.

Umukozi w’Ikigo CNR witwa Karim Adidi yabwiye Radio Okapi ko aba mbere muri ziriya mpunzi bageze muri Aru tariki 02, Mata, 2025 kandi ngo bakomeje kwiyongera.

Sudani y’Epfo iherereye mu Majyaruguru ya DRC.

Avuga ko baza mu byiciro, abenshi bakaba bacumbitse mu bice bya Kole, Okaba na Olendere.

Robert Ndjalonga, akaba umwe mu bakozi bo mu Ntara abo bantu binjiriramo avuga ko bikwiye ko Leta ikora uko ishoboye ikagenzura kandi ikarobanura abingira mu gihugu kugira ngo hatagira abantu binjirana intwaro izo ari zo zose, ejo bakazateza abandi akaga.

Ibice binjiriramo bihereye mu Ntara ya Ituri.

TAGGED:CongoImpunziSudani y'Epfo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira
Next Article Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?