Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indwara Ya Macinya Iri Guca Ibintu Muri Cameroun
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Indwara Ya Macinya Iri Guca Ibintu Muri Cameroun

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 February 2022 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34.

Kugeza ubu hamaze kubarurwa abandi bantu 1,055 banduye iriya ndwara.

Macinya myambi ni indwara ifata mu mara iterwa n’agakoko ko mu bwoko bwa bacteria kitwa Vibrio cholerae bacteria.

Iterwa n’uko umuntu yariye yangwa yanyoye ibintu byandujwe na kariya gakoko.

N’ubwo ari indwara ishobora kuvurwa igakira, ariko hari ubwo ihitana uwayanduye cyane cyane abana.

Uyirwaye atakaza amazi mu mubiri kubera kujya ku musarane kenshi kandi akituma umwanda urimo amazi menshi.

Tugarutse kuri iki kibazo muri Cameroun,  igice kibasiwe n’iyi ndwara ni ikitwa Littoral kiri mu Mujyi wa Douala.

Aba mbere bagaragaye ho ubu burwayi bagaragaye mu ntangiriro za Mutarama, 2022.

Ikinyamakuru kitwa News.cn kivuga ko Minisitiri w’ubuzima muri Cameroun witwa  Malachie Manaouda aherutse kuvuga ko kugira isuku uhagije ari wo muvuno mwiza wo kwirinda kwandura iriya ndwara.

Agakoko gatera cholera iyo ukarebeye mu cyuma bita microscope

Yasabye abaturage bo mu bice byagaragayemo abarwayi kuzajya babivuga hakiri kare, kandi bakihutira kujya kwa muganga batarazahara.

TAGGED:CamerounIndwaraMacinyaUmuryango
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Joe Ritchie: Indi Nshuti y’u Rwanda Yitabye Imana
Next Article Ingabo 10,000 Z’u Burusiya Zageze Muri Ukraine Mu Gihe Cy’Amasaha 12
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?