Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Indwara Yishe Abana 19 Mu Bitaro Bya Ruhengeri Yamenyekanye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Indwara Yishe Abana 19 Mu Bitaro Bya Ruhengeri Yamenyekanye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 May 2021 2:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko izamuka ry’impfu z’abana bavuka batagejeje igihe ryagaragaye cyane muri Gicurasi 2020, ryatewe na mikorobe zidasanzwe zibasiye aho bafashirizwa.

Mu byumweru bine bya Werurwe, ibyo bitaro bibara ko hapfuye abana 19.

Ibyo bitaro byatangaje ko nyuma yo kubona icyo kibazo, hakozwe isesengura ry’ibipimo bya Laboratwari ngo hamenyekane icyateye ibyo bibazo.

Byagize biti: “Hakekwaga kuba aho abo bana bavuka batagejeje igihe bakurikiranirwa haribasiwe n:uburwayi buterwa na mikorobe zidakorwaho n’imiti isanzwe.”

Ibyo bizamini byaje kugaragaza ko koko aho hantu hari hibasiwe n’amoko abiri ya mikorobe zidakangwa n’imiti isanzwe, ahubwo ko bisaba ko hakoreshwa umuti wihariye witwa Vancomycin.

Ibi bitaro byatangaje ko abana bari bamaze gufatwa n’ubwo burwayi bahise bavurwa hakoreshejwe uwo muti, ndetse abari batarandura bimuwe aho hantu, hanakorwa isukura ridasanzwe hakoreshejwe imiti ihangana na ziriya microbes.

Bikomeza biti: “Uyu munsi iki kibazo cyarakemutse ndetse n’icyumba icyo kibazo cyari cyagaragayemo ubu cyatangiye kongera gukoreshwa.

Ibi bitaro byohanganishije imiryango y’abitabye Imana, binemeza ko byatangiye iperereza.

Biti: “Hatangiye igikorwa cy’iperereza kugira ngo hamenyekane niba iki kibazo cyaba cyaraturutse ku burangare bukabije bw’abakora mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe, bityo buri wese byagaragara ko yabigizemo uruhare abe yabiryozwa.”

Ubwo iki kibazo cyatangiraga kuvugwa, hatangazwaga ko abana bapfuye ari 20.

TAGGED:AbanafeaturedIbitaroIndwaraRuhengeri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni ‘Yatije’ Perezida W’U Burundi Indege Ngo Imuzane Mu Irahira Rye
Next Article U Rwanda Rukomeje Kwagura Umubano, Rwasinye Amasezerano Y’Ubufatanye Na Pologne
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?