Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Inkunga Ya Croix Rouge Y’u Rwanda Mu Nkambi Ya Nyabiheke Na Kiziba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Inkunga Ya Croix Rouge Y’u Rwanda Mu Nkambi Ya Nyabiheke Na Kiziba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2023 6:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nk’umufasha wa Leta mu bikorwa by’ubutabazi,  Croix-Rouge y’u Rwanda ivuga ko yakoze ibikorwa bitandukanye byo kurengera ubuzima bw’abatuye mu nkambi za Nyabiheke na Kiziba bifite agaciro ka Miliyoni Frw 800.

Inkambi ya Nyabiheke iba mu Karere ka Gatsibo n’aho iya Kiziba ikaba mu Karere ka Karongi

Croix Rouge y’u Rwanda ivuga ko yavuguruye ikigo nderabuzima cyo mu Nkambi ya Nyabiheke, ihatanga ibikoresho bigezweho byifashishwa mu isuzumiro bifite agaciro ka miliyoni Frw 15.

Muri iyi nkambi, Croix-Rouge ihasanganywe ibindi bikorwa by’iterambere bigamije kuzamura imibereho y’abayituye.

Mu bindi ivuga ko yakoze harimo imbangukiragutabara yahawe icyo kigo nderabuzima, amatsinda yo kubitsa no kugurizanya yahawe igishoro agura inka n’imirima, ubwiherero bwubakiwe abatishoboye n’ibindi.

Uyu muryango utabara imbabare kandi watanze ibikoresho byo kwa muganga mu kigo nderabuzima cy’inkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi.

Yesterday, we proudly extended our support to the Kiziba refugee camp's Health Center, ensuring vital health materials reach those in need. Grateful for the collaboration with @SaveChildren & honored by the appreciation from @UNHCR & @RwandaEmergency pic.twitter.com/KBmQbRtrxn

— Rwanda Red Cross (@Rwandaredcross) December 15, 2023

Abayibamo bahawe ibikoresho bifasha abana bato n’abagore batwite na nyuma yo kubyara.

Ibyo ni imiti, uturindantoki n’udupfukamunwa( ibi ni ibirinda abaganga bari mu kazi).

Abakozi ba Croix Rouge y’u Rwanda bavuga ko mu mwaka wa 2022/2023, umaze guha abatuye inkambi ya Kiziba  inkunga ifite agaciro ka miliyoni Frw 500.

Umaze kandi guha abatuye iya Nyabiheke ibifite agaciro ka miliyoni Frw 300, inkunga yose hamwe mu nkambi zombi ikaba ingana na miliyoni Frw 800.

TAGGED:Croix-RougeGatsiboInkambiKarongiKizibaNyabiheke
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINALOC Ntiyamenyesheje Komisiyo Y’Amatora Ibyo Gutora Usimbura Mpabwanamaguru
Next Article Kenya Yavuze Ko Idashobora Guta Muri Yombi Uwo DRC Idashaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?