Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ishyaka Riyobora Igihugu Cyacu Ryakoze Amateka- Perezida W’U Bushinwa Xi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ishyaka Riyobora Igihugu Cyacu Ryakoze Amateka- Perezida W’U Bushinwa Xi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2021 8:13 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
????????????????????????????????????
SHARE

Mu gihe u Bushinwa bwitegura kwizihiza ikinyejana( imyaka 100) ishyaka riri ku butegetsi ritangiye kubuyobora, Perezida Xi Jinping yavuze ko kuva ririya shyaka ryashingwa, ryakoze ibyo andi mashyaka ku isi atigeze akora, riteza igihugu imbere kurusha andi yabayeho.

Xi yavuze ko abayoboke ba ririya shyaka bakomeje kuribera indahemuka, bakora uko bashoboye kugira ngo imirongo ryihaye igerweho.

Ibi Perezida Xi Jinping yabivuze nyuma yo kwambika imidari n’impeta by’ishimwe abayoboke b’indashyikirwa ba ririya shyaka mu muhango yaraye ayoboye wabereye mu Ngoro Ngari Y’Abashinwa iri i Beijing. Iyo Ngoro mu Cyongereza bayita Great Hall of the People.

Perezida Xi Jinping

Yagize ati: “ Abayoboke b’ishyaka ryacu the Communist Party of China (CPC)  bamaze imyaka 100 ari indahemuka ku busugire bwaryo n’ubw’igihugu cyacu, babikoze binyuze mu gushyira mu bikorwa imirongo yose ryihaye.”

Perezida Xi Jinping niwe Munyamabanga mukuru wa Komite nyobozi y’ishyaka CPC .

Xi Jinping yavuze ko umurongo ririya shyaka ryashyizeho wahaye abaturage uburyo bwo gukora bakiteza imbere ku rwego rutigeze rubaho mu mateka y’isi.

Ingoro Ngari y’Ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa

Ishyaka riyobora u Bushinwa ryashinzwe mu mwaka wa 1921. Muri uyu mwaka riritegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 100.

TAGGED:AbaturageBushinwafeaturedIshyakaPerezidaXi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mbere Yo Kujya Gukorera I N’DJamena Uzabitekerezeho Kabiri!
Next Article Abanyarwanda Babiri “Barenganyijwe” n’Ikigo Cya Amerika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?