Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Isoko Rusange Rya Afurika Ni Amahirwe U Rwanda Rukwiye Kwitaho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Isoko Rusange Rya Afurika Ni Amahirwe U Rwanda Rukwiye Kwitaho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2021 12:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Byemezwa na Dr Hermogène Nsengimana usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ubuziranenge muri Africa. Kuri uyu wa Kane yaganiriye n’abayobozi b’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge(Rwanda Standards Board), abasaba gukomeza kubuzamura kugira ngo ibikorerwa mu Rwanda bizakomeza kubona isoko muri Africa.

Dr Nsengimana yibukije abayobozi muri RSB n’abayobora ibigo bishinzwe kugenzura ubuziranenge ko isoko rusange rya Afurika ari amahirwe u Rwanda rukwiye kwitaho, kandi rukabikora hakiri kare kugira ngo ruzabyungukiremo ku ikubitiro.

Ati: “ U Rwanda rugomba kuba rwiteguye kugira ngo ibicuruzwa byarwo ku isoko rusange ry’Africa bizahaboneka ku bwinshi. Rugomba  kwitegura haba mu birebana n’amabwiriza y’ubuziranenge, guteza imbere inganda, serivisi zo kugenzura ubuziranenge kugira ngo haboneke ibicuruzwa byiza kandi byinshi byoherezwa ku isoko rusange.”

Umuyobozi mukuru wa RSB Bwana Raymond Murenzi yatangaje ko Ikigo cy’Igihugu Gitsura Ubuziranenge cyiteguye gufasha abacuruzi n’inganda kugeza ibicuruzwa byabo ku masoko hirya no hino muri Afurika nta nkomyi kandi byujuje ubuziranenge bugenwa ku rwego mpuzamahanga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yabwiye nugenzi we uyobora Ikigo gitsura ubuziranenge muri Africa ko RSB igira uruhare mu ishyirwaho ry’amabwiriza y’ubuziranenge ku rwego rwa Africa no ku rwego mpuzamahanga kugira ngo inyungu zirebana n’ubucuruzi ku banyarwanda zibungabungwe.

Ikindi yibukije ni uko serivisi za RSB zahawe ibyemezo mpuzamahanga bityo ko ushaka kugeza ibicuruzwa bye ku masoko yaba ayo muri Afurika cyangwa mpuzamahanga bimworohera kuko ibyo byemezo byemewe hose kandi byizewe.

Nsengimana
Dr Hermogene na Bwana Murenzi Raymond baganira
Abakozi ba RSB baganira n’umushyitsi wari wabasuye
TAGGED:AfricaAfurikaMurenziNsengimanaRSB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yihanganishije Abaturage Ba Tanzania, Ashima Umusanzu w’Inshuti Ye Magufuli
Next Article Polisi Yafashe Magendu Y’Imyenda N’Amavuta Irimo Kwinjizwa mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umunyarwanda Yongeye Guhemberwa Kwita Ku Misambi Ngo Idacika Burundu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Icyayi Gikomeje Kwinjiriza u Rwanda Amadovize Menshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umunyarwanda Yatorewe Kuyobora UN Yungirije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?