Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 May 2021 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda( nta Ambasaderi wabwo uratangazwa) ifatanyije n’inzego zishinzwe Siporo mu Rwanda, yatangije umushinga yise ‘Isonga’ ugamije guteza imbere Siporo mu bakiri bato mu Rwanda.

Abana bagiye kugerwaho na gahunda z’uriya mushinga bwa mbere ni abiga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloyizi ruri mu Karere ka Rwamagana.

Uyu mushinga utangiye nyuma y’iminsi mike Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron asuye u Rwanda.

Itsinda yaje ayoboye rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na bamwe mu bayobozi ba za Minisiteri mu Rwanda harimo n’iya Siporo.

Kuri Twitter ya Mininisitiri wa Siporo  Madamu Aurore Mimosa Munyangaju handitse ko uriya mushinga uzaterwa inkunga n’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Developpement.

Imikino abana biga muri kiriya kigo bagiye gutozwamo ku ikubitiro ni Volleyball na Basketball.

Nyuma yo gutangiza iyi gahunda, abayobozi bagiranye ikiganiro n’abanyeshuri ndetse n’abasanzwe bayobora Urwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys.

Minisitiri Munyangaju, Guverineri Emmanuel Gasana na Frere Camille uyobora ririya shuri bagiye gutangiza kiriya gikorwa

 

TAGGED:BufaransafeaturedMunyangajuRwamaganaRwandaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwatangiye Kugaruka I Rubavu, Amakenga Ni Yose
Next Article Abasirikare Batatu B’Abarusiya Biciwe Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?