Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 May 2021 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda( nta Ambasaderi wabwo uratangazwa) ifatanyije n’inzego zishinzwe Siporo mu Rwanda, yatangije umushinga yise ‘Isonga’ ugamije guteza imbere Siporo mu bakiri bato mu Rwanda.

Abana bagiye kugerwaho na gahunda z’uriya mushinga bwa mbere ni abiga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloyizi ruri mu Karere ka Rwamagana.

Uyu mushinga utangiye nyuma y’iminsi mike Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron asuye u Rwanda.

Itsinda yaje ayoboye rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na bamwe mu bayobozi ba za Minisiteri mu Rwanda harimo n’iya Siporo.

Kuri Twitter ya Mininisitiri wa Siporo  Madamu Aurore Mimosa Munyangaju handitse ko uriya mushinga uzaterwa inkunga n’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Developpement.

Imikino abana biga muri kiriya kigo bagiye gutozwamo ku ikubitiro ni Volleyball na Basketball.

Nyuma yo gutangiza iyi gahunda, abayobozi bagiranye ikiganiro n’abanyeshuri ndetse n’abasanzwe bayobora Urwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys.

Minisitiri Munyangaju, Guverineri Emmanuel Gasana na Frere Camille uyobora ririya shuri bagiye gutangiza kiriya gikorwa

 

TAGGED:BufaransafeaturedMunyangajuRwamaganaRwandaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwatangiye Kugaruka I Rubavu, Amakenga Ni Yose
Next Article Abasirikare Batatu B’Abarusiya Biciwe Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Baranengwa Kutitabira Inteko Z’Abaturage

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

You Might Also Like

Ubukungu

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Miliyari Frw 6.7, Imwe Iyiha Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?