Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

‘Isonga’, Umushinga Wa Ambasade Y’ U Bufaransa Mu Kuzamura Siporo Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 May 2021 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasade y’u Bufaransa mu Rwanda( nta Ambasaderi wabwo uratangazwa) ifatanyije n’inzego zishinzwe Siporo mu Rwanda, yatangije umushinga yise ‘Isonga’ ugamije guteza imbere Siporo mu bakiri bato mu Rwanda.

Abana bagiye kugerwaho na gahunda z’uriya mushinga bwa mbere ni abiga mu rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloyizi ruri mu Karere ka Rwamagana.

Uyu mushinga utangiye nyuma y’iminsi mike Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron asuye u Rwanda.

Itsinda yaje ayoboye rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye na bamwe mu bayobozi ba za Minisiteri mu Rwanda harimo n’iya Siporo.

Kuri Twitter ya Mininisitiri wa Siporo  Madamu Aurore Mimosa Munyangaju handitse ko uriya mushinga uzaterwa inkunga n’Ikigo cy’Abafaransa gishinzwe iterambere mpuzamahanga, Agence Française de Developpement.

Imikino abana biga muri kiriya kigo bagiye gutozwamo ku ikubitiro ni Volleyball na Basketball.

Nyuma yo gutangiza iyi gahunda, abayobozi bagiranye ikiganiro n’abanyeshuri ndetse n’abasanzwe bayobora Urwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys.

Minisitiri Munyangaju, Guverineri Emmanuel Gasana na Frere Camille uyobora ririya shuri bagiye gutangiza kiriya gikorwa

 

TAGGED:BufaransafeaturedMunyangajuRwamaganaRwandaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima Bwatangiye Kugaruka I Rubavu, Amakenga Ni Yose
Next Article Abasirikare Batatu B’Abarusiya Biciwe Muri Centrafrique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?