Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Irategura Igitero Cyo Ku Butaka Muri Lebanon 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Irategura Igitero Cyo Ku Butaka Muri Lebanon 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 September 2024 7:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Byatangajwe na Lt Gen Herzi Halevi. Uyu musirikare avuga ko ibitero byo mu kirere buri kugabwa muri Lebanon biri gutegura ibyo ku butaka.

Kugeza ubu abantu 90,000 nibo bamaze kuvanwa mu byabo batinya ko ibisasu by’ingabo za Israel byabahitana.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu aherutse kuvuga ko ingabo z’igihugu cye ziri kurasa ibirindiro bya Hezbollah kandi ko zizakomeza kubikora kugeza ziyiciye intege.

Hagati aho Turikiya yoherereje muri Lebanon imiti ipima amatoni menshi yo kuvura abaturage bakomerekejwe n’ibisasu biri kuraswayo na Israel.

Perezida wa Iran yasabye Inteko y’Umuryango w’Abibumbye kubuza Israel gukomeza gusenya Lebanon.

Iran ivuga ko Israel iri gusenya Lebanon isi irebera.

BBC yanditse ko kuri uyu wa Gatatu indege za Israel zishe abantu 51.

Hezbollah nayo yarashe muri Tel Aviv ishaka kurasa ku biro bya MOSSAD ariko missile yari irashwe yo ihanurirwa mu kirere.

Guhera taliki 08, Nzeri, 2024 ibisasu bikomeje gucicikana hagati ya Israel na Hezbollah.

TAGGED:IntambaraIsraelUbutaka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverineri W’Amajyaruguru Ashima Uruhare Kwita Izina Byagize Mu Mibereho Y’Abaturage
Next Article Ingabo Z’u Rwanda N’Iza Tanzania Mu Bufatanye Mu Kurwanya Ibyaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?