Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Israel Yatangije Ibitero Bikomeye Kuri Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 May 2025 4:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Israel zatangije ibitero bikomatanyije bigamije kwigarurira ibice bya Gaza bitandukanye no kwimurira abaturage basanzwe bahatuye ahantu Israel ivuga ko hatekanye.

Ku rubuga rwa Minisiteri y’ingabo z’iki gihugu mu Giheburayo handitse ko iki gitero byakise ‘Operation Operation Gideon Chariots’ wakwita mu Kinyarwanda ‘Amafarasi ya Gideon’.

Kugeza ubu bivugwa ko mu minsi ibiri ishize ibitero by’ingabo z’iki gihugu zimaze kwivugana abantu 250, ibi bikemezwa na Reuters.

Ikindi ni uko igice cya Gaza kivugwaho gushyirwa mu kato katumye hari abantu bicwa n’inzara, abo bakaba biganjemo abana.

Trump aherutse kuvuga ko agiye gukemura iki kibazo, ariko ntiyasobanuye uko bizakorwa.

Israel ku ruhande rwayo yavuze ko igiye gusenya Hamas ku buryo itazongera kuyibera Ikibazo kandi ikavuga ko kuri iyi nshuro izaruhuka ari uko igaruye abantu bose yajyanye bunyago.

Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu aherutse gutangaza ko ingabo ze zizarasa kandi zikigarurira ibice byinshi bya Gaza.

TAGGED:featuredIbiteroIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV
Next Article Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Igiciro Cy’Ikawa Y’Ibitumbwe Cyazamutseho 25% Ku Kilo

Rusizi: Abajura Binjira Mu Bitaro Bakiba

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

You Might Also Like

Mu mahanga

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?