Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Iterabwoba Ku Isi Rikomeje Gufata Indi Ntera- Dr Biruta

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2023 10:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera.

Biruta yasobanuye ko ingabo z’uturere dutandukanye zishinzwe guhangana n’iterabwoba zonyine zidashobora gutanga igisubizo kirambye kuri iki kibazo.

Yabivugiye mu biganiro by’Akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi aho yari ahagarariye Perezida Paul Kagame.

Iyo nama yaganiriwemo ibyo gukumira no guhangana n’iterabwoba hakoreshejwe ubufatanye hagati y’Umuryango w’Abibumbye na gahunda zitandukanye zishingiye ku turere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Dr. Biruta yagize ati: “Muri Afurika iterabwoba n’imvururu bikomeje kuzamuka ku muvuduko uteye impungenge. Ibi bihangayikishije buri wese aho ahari hose. Uburyo busanzwe bw’ubutumwa bwo gutanga amahoro bwonyine ntiburabasha gutanga umusaruro uhagije mu gutanga ibisubizo bireba isi yose.”

Avuga ko Umuryango w’Abibumbye ukeneye uburyo bwihuse kandi butanga ibisubizo bishingiye ku miterere y’Uturere.

Ibiganiro yabivugiye mo byari bayobowe na Perezida wa Mozambique Fillippe Nyusi.

Biruta avuga ko u Rwanda rwasanze ubufatanye hagati y’ibihugu ari ingenzi mu guhangana n’iterabwoba.

Avuga ko ubwo bufatanye ari bwo bwatumye u Rwanda rukorana na Mozambique mu guhangana n’ibyihebe byari byarigaruriye Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017.

- Advertisement -

Ni ubufatanye bwafashije no mu gukemura ikibazo cy’umutekano muke wari uri muri Repubulika ya Centrafrique.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yashimye Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kubera ubufatanye weretse u Rwanda mu gukemura ikibazo cy’abarwanyi bo muri Cabo Delgado.

Nta gihe kinini Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhaye u Rwanda Miliyoni € 20 zo gufasha mu gukemura kiriya kibazo.

TAGGED:AmahangaBirutaBurayifeaturedIterabwoba
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bisi Ya Volcano Yakoreye Impanuka IKOMEYE Muri Uganda
Next Article Imiyoborere Mibi Mu Mashuri Ihangayikishije Abadepite
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?