Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Jeannette Kagame Yatangije Iserukiramuco Mpuzamahanga Kigali Triennial 2024
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Jeannette Kagame Yatangije Iserukiramuco Mpuzamahanga Kigali Triennial 2024

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 February 2024 8:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Madamu Jeannette Kagame yaraye yitabiriye ibirori bifungura iserukiramuco mpuzamahanga ribereye bwa mbere mu Rwanda ryiswe KigaliTriennial2024.

Rizamara iminsi icyenda rikazahuriramo abahanzi barenga 200 bavuye mu bihugu 25.

Ryatangiye kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024 rikazarangira taliki 25 uko kwezi.

Abitabiriye iri serukiramuco baje baturuka mu bihugu 25 hirya no hino ku isi.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Samuel Dusingiyumva ubwo yarifunguraga iyi nama yashimiye ibihugu byiryitabiriye, avuga ko guhura nk’uko ari ingenzi mu kwimakaza umubano no kuba bamwe bakwigira kubyo abandi bafite mu muco wabo.

Abaryitabiriye ni abahanzi mu nzego zitandukanye barimo abaririmbyi, abakora imideli, abanyarwenya n’abandi batandukanye.

Art meets Music, meets Fashion, meets Design!

Take a look behind the scenes of #KigaliTriennial2024 preparations happening for the first time in Kigali from this evening to Sunday 25 Feb.

Visit our website for the whole program & we hope to see you: https://t.co/uyKpqT19uQ pic.twitter.com/bQNbf838E7

— Kigali Triennial (@k_triennial) February 16, 2024

TAGGED:DusingizemungufeaturedIserukiramucoKigaliRwandaUmujyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Isoko Ry’Impunzi Za Kigeme Ryakongotse
Next Article DRC: Umuyobozi Mukuru Mu Butasi Akurikiranyweho Gukorana Na M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Kirehe: Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzima

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?