Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Avuga Ko Ku Mutekano W’u Rwanda Nta Mpaka Zigomba Kugibwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Kagame Avuga Ko Ku Mutekano W’u Rwanda Nta Mpaka Zigomba Kugibwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2024 7:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo yagezaga ijambo ku bari baje kwitabira Inama nto yigaga ku mutekano mu Karere u Rwanda na DRC biherereyemo, Perezida yababwiye ko igihugu cye kihagazeho kandi kiri maso ku muntu cyangwa icyo ari cyo cyose cyashaka kugihungabanya.

Yagize ati: “ u Rwanda ntawe ruzasaba uruhushya rwo kwirindira umutekano cyangwa ngo rubanze kubishidikanyaho.”

Avuga ko kuba rwarabuze abantu bagera kuri miliyoni 1 mu gihe gito bivuze ko ntawe ruzemerera ko yarusubiza mu bihe nk’ibyo, aho yaza aturutse hose.

Kagame yibukije abari bamuteze amatwi ko ikibazo cya FDLR ihora ishaka gutera u Rwanda no kurusubiza mu bihe bya Jenoside kigihari kandi ikibabaje ari uko yashyizwe no mu ngabo za DRC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku rundi ruhande, Perezida Kagame yabwiye abandi bayobozi ko u Rwanda rufite ubushake bwo gukorana n’abantu bose bifuza kandi baharanira ko ibibazo biri mu Karere bikemuka mu mahoro.

Uretse abayobozi batandukanye yahuye nabo bakaganira ku iterambere ry’u Rwanda binyuze mu bufatanye, Perezida Kagame yagejeje ku bayobozi ba Afurika yunze ubumwe raporo y’ibyakozwe mu kuvugurura inzego n’imikorere byayo.

Yaboneyeho gusigira inshingano mugenzi we William Ruto uyobora Kenya.

Kagame asize mu Kigega cy’uyu muryango harashyizwemo miliyoni $400 zo gufasha mu bikorwa byo kubungabunga amahoro hirya no hino muri Afurika.

Iki kigega kitwa Africa Peace Fun.

- Advertisement -
Perezida Kagame avuga ko u Rwanda ruzakorana n’abashaka ko amahoro agaruka binyuze mu biganiro

Yari amaze imyaka umunani  ayobora iyo Komisiyo.

TAGGED:featuredInamaKagameUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: Abantu Bagwiriwe N’Ikirombe
Next Article Shampiyona Ya Basketball: Tigers BBC Yatsinze Espoir BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?