Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Na Tshisekedi Barasura Ibyangijwe Na Nyiragongo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Na Tshisekedi Barasura Ibyangijwe Na Nyiragongo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2021 12:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Rubavu harahurira Perezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi.

Bitaganyiijwe ko Abakuru b’ibihugu byombi bari busure ahari ibikorwa remezo byangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye mu minsi mike ishize.

Ubwo ikirunga cya Nyiragongo cyarukaga, abatuye Goma bahungiye mu Rwanda, bahunga amahindure yototeraga kubatwika.

Hari inzu nyinshi zasenyutse haba ku ruhande rwa Congo – Kinshasa no ruhande rw’u Rwanda.

Imitingito yakurikiye iruka rya kiriya kirunga yasenye inzu n’imihanda byo mu duce dukora ku bihugu byombi.

Ku ruhande rwa Congo-Kinshasa ho hari abantu babarirwa muri 30 bapfuye bazize kiriya kirunga kiri mu birunga biteje akaga kurusha ibindi ku isi.

Abantu 8000 nibo baturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahungira muri Rubavu.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda Jean Marie Vianney Gatabazi aherutse kubwira itangazamakuru ko imwe mu mpamvu zatumye imibare y’abaturage banduye COVID-19 muri Rubavu izamuka ari uko abaturanyi babo babahungiyeho batigeze basuzumwa kiriya cyorezo bityo bakaba baracyanduje ababakiririye mu Rwanda.

TAGGED:featuredKagameNyiragongoRubavuTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Graduation ceremony of Senior Command and Staff Course Rwanda National Police College
Next Article Ba Ofisiye Bakuru 32 Basoje Amasomo Mu Ishuri Rikuru Rya Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?