Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Na Tshisekedi Barasura Ibyangijwe Na Nyiragongo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Na Tshisekedi Barasura Ibyangijwe Na Nyiragongo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2021 12:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Rubavu harahurira Perezida Paul Kagame na mugenzi we uyobora Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi.

Bitaganyiijwe ko Abakuru b’ibihugu byombi bari busure ahari ibikorwa remezo byangijwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo ryabaye mu minsi mike ishize.

Ubwo ikirunga cya Nyiragongo cyarukaga, abatuye Goma bahungiye mu Rwanda, bahunga amahindure yototeraga kubatwika.

Hari inzu nyinshi zasenyutse haba ku ruhande rwa Congo – Kinshasa no ruhande rw’u Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imitingito yakurikiye iruka rya kiriya kirunga yasenye inzu n’imihanda byo mu duce dukora ku bihugu byombi.

Ku ruhande rwa Congo-Kinshasa ho hari abantu babarirwa muri 30 bapfuye bazize kiriya kirunga kiri mu birunga biteje akaga kurusha ibindi ku isi.

Abantu 8000 nibo baturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bahungira muri Rubavu.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu mu Rwanda Jean Marie Vianney Gatabazi aherutse kubwira itangazamakuru ko imwe mu mpamvu zatumye imibare y’abaturage banduye COVID-19 muri Rubavu izamuka ari uko abaturanyi babo babahungiyeho batigeze basuzumwa kiriya cyorezo bityo bakaba baracyanduje ababakiririye mu Rwanda.

TAGGED:featuredKagameNyiragongoRubavuTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Graduation ceremony of Senior Command and Staff Course Rwanda National Police College
Next Article Ba Ofisiye Bakuru 32 Basoje Amasomo Mu Ishuri Rikuru Rya Polisi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?