Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2024 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa  Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere.

Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bucuruzi, ishoramari n’ikoranabuhanga mu by’imari.

Imikoranire kandi izazamurwa no mu guteza imbere ishoramari hagati y’abikorera ku giti cyabo ku mpande zombi.

Yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore

Mbere y’uko Abakuru b’ibihugu byombi bahura, Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore akaba na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi Lawrence Wong bahagarariye umuhango wo gusinya amasezerano avuguruye mu bufatanye hagati ya Kigali na Singapore.

Ni amasezerano yiswe Double Taxation Avoidance Agreement.

Perezida Kagame kandi yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore ubu akaba ari umuyobozi w’icyubahiro wahawe izina rya Senior Minister.

Baganiriye kuri byinshi muri isi ya none no ku mikoranire mu rwego rw’ikoranabuhanga iri kandi yifuzwa ko yazaguma hagati y’u Rwanda na Singapore.

U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore

TAGGED:featuredKagamePerezidaRwandaSingapore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore
Next Article APR Basketball Y’Abagore Yatwaye Igikombe Cya Rwanda Cup
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?