Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2024 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa  Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere.

Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bucuruzi, ishoramari n’ikoranabuhanga mu by’imari.

Imikoranire kandi izazamurwa no mu guteza imbere ishoramari hagati y’abikorera ku giti cyabo ku mpande zombi.

Yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore

Mbere y’uko Abakuru b’ibihugu byombi bahura, Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore akaba na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi Lawrence Wong bahagarariye umuhango wo gusinya amasezerano avuguruye mu bufatanye hagati ya Kigali na Singapore.

Ni amasezerano yiswe Double Taxation Avoidance Agreement.

Perezida Kagame kandi yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore ubu akaba ari umuyobozi w’icyubahiro wahawe izina rya Senior Minister.

Baganiriye kuri byinshi muri isi ya none no ku mikoranire mu rwego rw’ikoranabuhanga iri kandi yifuzwa ko yazaguma hagati y’u Rwanda na Singapore.

U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore

TAGGED:featuredKagamePerezidaRwandaSingapore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore
Next Article APR Basketball Y’Abagore Yatwaye Igikombe Cya Rwanda Cup
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?