Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Uyobora Singapore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2024 4:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa  Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere.

Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bucuruzi, ishoramari n’ikoranabuhanga mu by’imari.

Imikoranire kandi izazamurwa no mu guteza imbere ishoramari hagati y’abikorera ku giti cyabo ku mpande zombi.

Yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore

Mbere y’uko Abakuru b’ibihugu byombi bahura, Perezida Kagame ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore akaba na Minisitiri ushinzwe ubucuruzi Lawrence Wong bahagarariye umuhango wo gusinya amasezerano avuguruye mu bufatanye hagati ya Kigali na Singapore.

Ni amasezerano yiswe Double Taxation Avoidance Agreement.

Perezida Kagame kandi yaganiriye na Lee Hsien Loong wahoze ari Perezida wa Singapore ubu akaba ari umuyobozi w’icyubahiro wahawe izina rya Senior Minister.

Baganiriye kuri byinshi muri isi ya none no ku mikoranire mu rwego rw’ikoranabuhanga iri kandi yifuzwa ko yazaguma hagati y’u Rwanda na Singapore.

U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore

TAGGED:featuredKagamePerezidaRwandaSingapore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwavuguruye Amasezerano Na Singapore
Next Article APR Basketball Y’Abagore Yatwaye Igikombe Cya Rwanda Cup
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Yatemye Ushinzwe Umutekano Baramurasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

Minisitiri Ingabire Yabwiye Isi Uko u Rwanda Rwimakaje Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro Wa RSSB Wikubye Kabiri Mu Myaka Itatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?