Kagame Yageze Mu Bufaransa Mu Nama Yiga Ku By’Inkingo

Perezida Paul Kagame yageze mu Bufaransa ahari bubere inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’inkingo muri Afurika.

Ni inama yiswe Global Forum for Vaccine Sovereignty and Innovation yateguwe n’Ikigo Gavi.

Iyi nama yateguwe ku bufatanye bw’Ubufaransa n’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

U Rwanda nk’igihugu cyatangije gahunda yo gukorera inkingo imbere muri cyo gifite ijambo rinini cyavuga mu nama nk’iyi.

- Advertisement -

Kagame yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Stéphane Sejourné.

Inkuru bijyanye:

Kagame Avuga Ko Hari Abibwiraga Ko Afurika Itazakora Inkingo

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version