Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yashyikirijwe Inyandiko Zemeza Ibice By’u Rwanda Biri Mu Murage W’Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kagame Yashyikirijwe Inyandiko Zemeza Ibice By’u Rwanda Biri Mu Murage W’Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2024 7:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Burezi, Ubumenyi n’Umuco [UNESCO], Audrey Azoulay yagejeje kuri Perezida Kagame Paul icyemezo cy’uko inzibutso enye za Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda zarangije kwemerwa na UNESCO nk’umurage w’isi. Si inzibutso gusa ahubwo harimo na Pariki ya Nyungwe.

Iyo ikintu cyangwa ahantu runaka hiswe ko ari umurage w’isi biba bivuze ko aho hantu hagomba kurindwa n’isi yose, mu bihe by’intambara ntihakorweho.

Mbere y’uko Azoulay ageza kuri Perezida wa Repubulika ibi byemezo, yari yabanje kugeza kuri Minisitiri w’ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana inyandiko zemeza ko ziriya nzibutso zemewe na UNESCO.

Perezida Kagame areba ibyanditse kuri iki cyemezo

Yazimuhereye  ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo.

Muri Nzeri, 2023 nibwo byari byemejwe ko izi nzibutso zashyizwe mu bigize Umurage w’isi.

Kuri uyu wa Gatandatu MINUBUMWE na UNESCO barajya kwemeza ku mugaragaro ko n’urwibutso rwa Murambi narwo rwemewe n’iri shami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, ubuhanga n’umuco. 

TAGGED:featuredInzibutsoIsiKagameUmurageUNESCO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Ibiro Bya Gitifu W’Akagari Birava
Next Article Uburundi Bwatumije Imihoro Yo Guha Imbonerakure
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?