Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yayoboye Inama Ku Iterambere Ry’Ikorabuhanga Nyuma Ya COVID
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ikoranabuhanga

Kagame Yayoboye Inama Ku Iterambere Ry’Ikorabuhanga Nyuma Ya COVID

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 March 2021 6:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama nyunguranabitekerezo ku iterambere ry’ikoranabuhanga muri iki gihe Isi muri rusange na Afurika by’umwihariko iri kuva gahoro gahoro mu ngaruka z’icyorezo COVID-19.

Ni inama yitabiriwe na Bwana Carlos Slim umwungirije mu buyobozi bw’ihuriro ryiswe Broadband Commission For Sustainable Development ndetse na Bwana Dr  Houlin Zhao uyobora Umuryango mpuzamahanga uharanira iterambere mu ikoranabuhanga, International Telecommunication Union, ITU.

Iriya nama yari ifite insanganyamatsiko igira iti: “Kubaka ejo hazaza heza mu ikoranabuhanga nyuma ya COVID-19”.

Ku ruhande rw’u Rwanda iriya nama kandi yitabiriwe na Madamu Paula Ingabire, Minisitiri ushinzwe ikoranabuhanga no guhanga udushya( Innovation).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Abahanga n’abafata ibyemezo baraye baganiriye uko iterambare ry’ikoranabuhanga ryazatezwa imbere nyuma ya COVID-19

Iyi ntego iri mu murongo umwe n’imwe mu ntego z’Umuryango w’abibumbye zijyanye n’Iterambere rirambye ifitanye isano n’ikoranabuhanga.

Iyo ni ingingo ya kane ivuga ku iterambere ry’uburezi bufite ireme kandi budaheza.

Minisitiri Ingabire Paula
TAGGED:AfurikafeaturedIkoranabuhangaIngabireKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Busitani Bwa ADEPR Habonetse Icyobo Rusange Kirimo Imibiri
Next Article Misiri Iri Kubaka Umurwa Mukuru Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?