Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 September 2025 6:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Perezida Kagame niwe wayiyoboye
SHARE

Perezida Paul Kagame yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 15 Nzeri 2025, ikaba muri byinshi yagarutseho yibanze ku  ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi riri gukorwa muri iki kgihe kuko bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020.

Abo muri Minisiteri zibishinzwe bavuze ko kubivugurura ari  imwe mu ngamba zatuma u Rwanda ruzihaza mu mashanyarazi akagera kuri bose kandi mu buryo burambye.

Aho ibintu bigereye aha, ni ukuvuga mu mwaka wa 2025, Abanyarwanda bangana na 85% bagerwaho n’amashanyarazi, yaba afatiye ku murongo mugari cyangwa ava ku ngufu zisubira nk’izituruka ku izuba n’ahandi.

Mu mwaka wa 2000 Abanyarwanda bari bafite amashanyarazi bari 2%.

Ubushakashatsi ku mibereho rusange y’ingo bwiswe EICV7 bugaragaza ko ingo zifite amashanyarazi ari 72%, muri zo 22% zigacana akomoka ku mirasire y’izuba.

Mu mwaka wa 2024 ingo zifite amashanyarazi mu Rwanda zageze ku kigero cya 72% zivuye kuri 34% by’ingo zacanirwaga muri 2017.

Ni imibare yatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare muri Mata 2025.

Mu myaka irindwi ishize, ni ukuvuga 2017 kugeza 2024, ingo zo mu mijyi zifite amashanyarazi, zageze kuri 88% zivuye kuri 76%, mu gihe izo mu cyaro zifite amashanyarazi zageze kuri 65% zivuye kuri 25%.

Reba video nto yerekana uko byari bimeze ubwo Abaminisitiri bitabiraga iyi Nama:

Today at Urugwiro Village, President Kagame chaired a Cabinet meeting. pic.twitter.com/OkWwAQPIOj

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) September 15, 2025

 

Soma ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye:

Itangazo ry'Ibyemezo by'Inama y'Abaminisitiri yo ku wa 15 Nzeri 2025 pic.twitter.com/MKk8OaFX7T

— Office of the PM | Rwanda (@PrimatureRwanda) September 15, 2025

TAGGED:AmashanyarazifeaturedIbiciroInamaUrugwiro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi
Next Article Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Yafashe Abategeraga Abantu Muri Gare Ya Nyanza Bakabambura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?