Kamonyi: Impanuka Ebyiri Zaguyemo Abantu Batandatu

Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Karere ka Kamonyi ahitwa Ruyenzi habereye impanuka hagati y’amakamyo abiri, yavaga mu Ntara y’Amajyepfo iri inyuma igonga iyiri imbere zita umuhanda zigonga indi modoka irimo abantu batanu bose barapfa.

Bidatinze kigingi w’indi kamyo yavaga i Karongi ije i Kigali ipakiye amabuye aseye bita ‘Gravier’ yahanutse agwa hasi ahita apfa.

Hagati aho kandi indi coaster yagonganye n’ikamyo bigeze ahitwa Kibuza, abagenzi barindwi bari bari muri coaster barakomereka.

Ni coaster y’ikigo RFTC.

- Advertisement -
Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version