Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kenneth Kaunda Wayoboye Zambia Ararembye, Arasaba Amasengesho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Kenneth Kaunda Wayoboye Zambia Ararembye, Arasaba Amasengesho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2021 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukambwe Kenneth David Kaunda wigeze kuyobora Zambia yajyanywe mu bitaro by’i Lusaka ikubagahu kubera indwara itatangajwe. Kaunda afite imyaka 97 y’amavuko, akaba afatwa nk’umwe mu bantu baharaniye ko Afurika iba umugabane wigenga.

Hari mu bihe bimwe na nyakwigendera Robert Mugabe wayoboye Zimbabwe.

Kenneth Kaunda yayoboye Zambia kuva yabona ubwigenge mu mwaka wa 1964 kugeza mu mwaka wa 1991.

Umwe mu bashinzwe kumwitaho witwa Rodrick Ngolo yabwiye Reuters ko uriya mukambwe yumvise atameze neza muri we, abantu be bahita bamujyana kwa muganga mu bitaro byitwa Maina Soko Medical Centre biri mu murwa mukuru, Lusaka.

Kaunda ngo akeneye amasengesho y’abamukunda bose, haba muri Zambia n’ahandi ku isi.

TAGGED:featuredIbitaroKaundaKennethZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Christian Eriksen ‘Ameze Neza’ Nyuma Yo Kwitura Mu Kibuga
Next Article Ab’i Rubavu Bongeye Kwibutswa Uko Bakwirinda ‘Ibyaha’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?