Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Kicukiro: Ibitaro Bishya CHUK Bizakira Abarwayi 2,000 Ku Munsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2023 9:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku buso bwa Hegitari 8.2 mu Murenge wa Masaka hari kubakwa ibitaro bishya bya Kaminuza bya Kigali byari bisanzwe biri mu Karere ka Nyarugenge.

Gusiza ikibanza byatangiye muri Mutarama, 2023 ari ubu imirimo igeze kure.

Igishushanyo mbonera cy’ibi bitaro kivuga ko bizaba bifite ubushobozi bwo kwakira abarwayi 2,000 ku minsi bityo bikazaba ari byo byakira benshi kurusha ibindi mu Rwanda.

Ibi bitaro bizaba bifite ibitanda 837 mu gihe ibitaro bya CHUK byari bisanzwe bikorera i Nyarugenge  byari bifite ibitanda 400 gusa.

Imirimo yo kubaka ibi bitaro izarangira mu mwaka wa 2025.

Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali bishya biri kubakwa i Masaka mu Karere ka Kicukiro bizaba bifite inzu nini 10 zitangirwamo serivisi zitandukanye zikenerwa n’Abanyarwanda ndetse n’abaturanyi barwo.

Abakozi barashishikaye
Bizaba ari byo bitaro byakira abantu benshi mu Rwanda
Byubatswe kuri hegitari 8.2

Amafoto@The New Times 

TAGGED:featuredIbitaroKicukiroMasakaNyarugengeRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC Yatoje Abakomando Bo Kurinda Kivu Zombi
Next Article Algérie Yavuze Ko Yiteguye Intambara Ku Ruhande Rwa Niger
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BK Ikora Ite Ngo Yunguke?

DRC: Abantu 16 Bashimuswe Na CODECO

Kwihaza Mu Biribwa Muri Afurika Biracyari Kure

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?